INKURU ZIHERUKA

Ishusho ya Malariya mu Rwanda n’ingamba zihariye zo kuyihashya

Imibare y’Ikigo cy’u Rwanda gishizwe Ubuzima, RBC, yerekana ko kuva muri Nyakanga 2025 kugera muri Werurwe 2026, mu Rwanda hamaze kugaragara abarwayi ba Malaria 928,616, aho Akarere ka Gisagara gafitemo 216,350, mu gihe uturere dutatu tugize...

Peace cup:Rayon Sports yanganyije na Gorilla FC mu mukino ubanza wa...

Ikipe ya Rayon Sports yanganyirije na Gorilla FC kuri Kigali Pele Stadium igitego 1-1 mu mukino ubanza wa 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro wabaye kuri uyu wa Gatatu. Ni umukino watangiye ku isaha ya Saa Kumi n’Ebyiri z’umugoroba Rayon Sports yaguruye...

Uruganda runini ku isi mu gukora udukingirizo rugiye kuzamura ibiciro kubera...

Umukuru w’uruganda runini ku isi rukora udukingirizo, Karex, yavuze ko ruzazamura ibiciro byarwo kugera kuri 30% cyangwa hejuru yaho, niba intambara ya Iran ikomeje guhungabanya itangwa ry’ibikoresho by’ibanze bikenerwa mu gukora udukingirizo. Goh...

Impamvu koza amenyo kabiri ku munsi atari byo byiza buri gihe

Twese twibaza ko tuzi koza amenyo yacu – gucishamo uburoso mu gitondo na nijoro, kwiyunyuguza ugacira, rimwe na rimwe ukaba wanakoresha umuti wa ’mouthwash’. Ariko inzobere mu menyo zivuga ko na ba bantu bita cyane ku koza neza amenyo bashobora...

Umuti wa Paracetamol ugabanya ububabare ukora ute ?

Paracetamol ni umuti wo mu bwoko bw’imiti igabanya ububabare(analgesic) ndetse ikanagabanya izamuka ry’umuriro mu mubiri w’umuntu . Paracetamol nanone izwi ku izina rya acetaminophene aho usanga iri zina ari ryo rikoreshwa cyane cyane muri...

Ibimenyetso byakwereka ko wugarijwe n’indwara yo kwigunga bikabije

Depression cyangwa indwara yo kwigunga bikabije ni indwara abantu benshi bakunda kwirengagiza cg se uyirwaye bakumva ko ari indwara idasaba kugana abaganga, ubwe wenyine ashobora kuyirwanya. Nyamara sibyo kuko kwigunga bikabije nayo ni indwara...

Iyo umuntu anyweye inzoga zijya he ?

Iyo umuntu anyweye inzoga (alcool) ijya he ? Ingaruka igira ku mubiri ni izihe ? Kuba bitoroshye gusubiza ibi bibazo, niyo mpamvu dukwiriye kumenya ingaruka zayo. Iyo umuntu anyweye inzoga zijya he ? Iyo umuntu anyweye inzoga ihita ijya mu...

Rwanda: Igiciro cya lisansi cyongeye kuzamuka kigera ku 2,938 FRW, Minisitiri...

Leta y’u Rwanda yongeye kuzamura igiciro cya lisansi (essence) kigera ku mafaranga 2,938 kuri litiro, ni ukuvuga inyongera y’amafaranga 635 ku giciro yaherukaga gushyiraho kuri litiro ya lisansi mu byumweru bibiri bishize. Igiciro cya mazutu cyo...

Rutsiro FC yashyize hanze ibiciro by’umukino izakiramo Rayon Sports

Ikipe ya Rutsiro FC yamaze gushyira hanze ibiciro by’umukino w’umunsi wa 27 wa Shampiyona izakiramo Rayon Sports ku cyumweru tariki 19 Mata 2026 kuri Stade Umuganda. Ku bazishyura mbere ahasanzwe ni 2000 FRW,ahatwikiriye 4000 FRW, VIP ni 10.000...

Mu Rwanda hagiye kubera irushanwa rya CECAFA y’abakuze

U Rwanda rugiye kwakira irushanwa rihuza abahoze bakina umupira w’amaguru bo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba n’iyo Hagati, rizwi nka CECAFA Wazee Tournament, rizaba ku nshuro ya kane. Iri rushanwa rizabera i Kigali kuri Kigali Pele Stadium,...

IMIKINO

IMYIDAGADURO

Ibimaze kumenyekana ku mugore warashe ku rugo rwa Rihanna

Umugore w’imyaka 35 ni we watawe muri yombi akekwaho gushaka kwica, nyuma y’uko inzu y’icyamamare Rihanna irashweho amasasu, nk’uko polisi ya Los Angeles ibitangaza. Ivanna Lisette Ortiz arafunzwe, kandi ubucamanza bwashyizeho ingwate ya miliyoni...

Ku rugo rwa Rihanna humvikanye amasasu

Ku rugo rwa Rihanna ruri mu gace ka Beverly Hills muri California humvikanye urusaku rw’imbunda, nk’uko polisi ibitangaza. Abapolisi muri Los Angeles batabajwe nyuma yo kurasa kwabaye ahagana saa 13:15 ku isaha yaho (saa 23:15 i Gitega na Kigali)...

Kenya: Umukobwa w’imyaka 20 yapfiriye mu gitaramo cya Asake

Abategetsi bo muri Kenya bemereye BBC ko umuntu umwe yapfuye kubera umuvundo wabereye ku kibuga cya Nyayo Stadium i Nairobi mu gitaramo cyari kirimo umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats wo muri Nigeria, Asake. Umuvugizi wa polisi ya...

Icyamamare muri muzika Jimmy Cliff yatabarutse

Jimmy Cliff, umwe mu bahanzi ba Reggae na Rock and Roll bamamaye kw’isi yapfuye, ku myaka 81. Kuva mu myaka ya 1960 Cliff yafashije kugeza umuziki wa Jamaica ku bantu benshi kw’isi mu ndirimbo ze zakunzwe cyane nka Wonderful World, Beautiful...

Impamvu 10 zituma Kigufi Hill Agape Resort ari paradizo y’abashakanye ku...

Ku musozi uhatse amazi asukuye y’ikiyaga cya Kivu, hagati y’uburanga bw’ibimera n’amahoro y’ikirere cya Rubavu, Kigufi Hill Agape Resort ni ahantu heza ku kiruhuko cy’abashakanye bashaka kongera gusabana, kuruhuka, no kwiyibutsa ibyiza by’urukundo....

5IVE Alive Tour: Hanzitse ibikorwa byinjiza abantu mu mpumeko y’igitaramo cya...

SKOL Malt ku bufatanye na Intore Entertainment, batangije ku mugaragaro urukurikirane rw’ibikorwa by’imyidagaduro mu cyiswe “Davido’s Ahanad Countdown” bitegurira abantu kwinjira mu mpumeko y’igitaramo gikomeye cya “Davido’s 5ive Tour”, giteganyijwe...

Gatanya ya Jose Chameleone n’umugore we Daniella - Urubanza rurimo kugarukwaho...

Urukiko i Kampala muri Uganda rwimuriye mu kwezi gutaha kwa Nzeri urubanza rwa gatanya hagati y’umuhanzi w’icyamamare Jose Chameleone n’umugore we Daniella Atim kubera ibyo bombi batarimo kumvikanaho mu biburanwa. Iyi ni imwe mu nkuru irimo...

Kenny Sol yataramiye umuryango wa Muzungu umaze imyaka 12 urushinze, yiyemeza...

Umuhanzi Rusanganwa Norbert wamamaye nka Kenny Sol yataramiye umuryango wa Muzungu wizihizaga imyaka 12 urushinze, yiyemeza kuzakomeza gutera ikirenge mu cyabo kuko abafataho urugero. Ni ibirori yanaririmbanyemo na Calvin Mbanda banafitanye...

Ibitaramo bya Senderi wizihiza imyaka 20 mu muziki bikomeje guhindurira bamwe...

Umuhanzi Eric Senderi International Hit akomeje gukora ibitaramo mu turere 13 tw’u Rwanda, mu rwego rwo kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki nyarwanda, ibitaramo birimo guhindura ubuzima bwa bamwe harimo abari kwishyurirwa ishuri umwaka wose. Ni...

Harimo Mo Salah, Burna Boy na Dangote: Munyakazi Sadate, Clare Akamazi na Bruce...

Abanyarwanda, Munyakazi Sadate, Clare Akamanzi na Bruce Melodie bari ku rutonde rw’abantu 100 batumiwe mu nama y’abayobozi bakomeye, abashoramari n’impuguke mu by’ubukungu muri Afurika yiswe “100 Most Notable Africans Leadership and Business Summit”,...

UBUZIMA

AMAKURU YO MU RWANDA

AMAKURU YO MU MAHANGA

Putin yari he ubwo impanuka yishe Yevgev Prigozhin yabaga?

Ubwo hasohokaga inkuru z’impanuka y’indege bitekerezwa ko yishe umukuru w’umutwe w’abasirikare b’abacanshuro wa Wagner Yevgeny Prigozhin, Perezida w’Uburusiya yagezaga ijambo ku bitabiriye ibirori byizihizaga imyaka 80 Uburusiya bumaze butsinze...

Trump azitaba urukiko ku birego by’inyandiko z’ibanga

Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika yarezwe ibyaha bijyanye n’uko yafashe inyandiko z’ibanga rya leta nyuma yo kuva muri Maison Blanche/White House. Trump w’imyaka 76, araregwa ibyaha birindwi birimo gufatira inyandiko z’ibanga, nk’uko...

Intambara n’Amerika yaba ’ibyago bitihanganirwa’ – Minisitiri w’ingabo...

Minisitiri w’ingabo w’Ubushinwa yavuze ko intambara n’Amerika yaba "ibyago bitihanganirwa" ku isi, mu ijambo rye rya mbere rikomeye avuze kuva yagera kuri uyu mwanya. Mu nama ku mutekano, Jenerali Li Shangfu yavuze ko "ibihugu bimwe" birimo gukaza...

’Mayor’ wa Moscow avuga ko igitero cya drone cyangije inyubako

Uburusiya bwashinje Ukraine kugaba urukurikirane rw’ibitero by’indege nto zitarimo umupilote (drone) ku murwa mukuru Moscow mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri. Ni ubwa mbere uwo mujyi wibasiwe na drone nyinshi kuva Uburusiya bwagaba igitero...

Umuyobozi yategetse ko bakamya ikidamu cyose ngo bakuremo telefoni yatayemo...

Umuyobozi mu gihugu cy’Ubuhinde yirukanwe ku kazi nyuma yo gutegeka ko bakamya ikidamu cyose ngo bakuremo telefoni ye yari yaguyemo. Byafashe iminsi itatu kudaha imiliyoni za litiro z’amazi muri iki kidamu, nyuma y’aho uyu mugabo witwa Rajesh...

Amerika igiye gutangaza ibihano bishya ku Burusiya mu nama ya G7

Amerika yizeye ko ibihano byayo bishya ku Burusiya – byitezwe gutangarizwa i Hiroshima mu Buyapani mu nama y’itsinda rya G7 ry’ibihugu bikize cyane ku isi – bituma ibindi bihugu byo muri G7 na byo byongera ibihano byabyo. Amerika ivuga ko ingamba...

IKORANABUHANGA

AMASHUSHO AKUNZWE

UMURIMO

Amahitamo nakoze yatumye ntakiri umwana wirwanaho, mba umwana urwana ku gihugu cye! Munyakazi Sadate ukangurira urubyiruko kuzibukira ibiyobyabwenge

Umushoramari Munyakazi Sadate yeretse urubyiruko ko u Rwanda ari igihugu gitanga amahirwe angana by’umwihariko ku rubyiruko, icyakora amahitamo yarwo akaba ari yo akora itandukaniro ry’ugomba kubaho ubuzima bumuteye ishema n’ugira imibereho mibi....

Read all News

Igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli cyongeye kurenga $100 ku kagunguru

Igiciro ku bipimo mpuzamahanga cy’ibiva kuri peteroli (Brent crude) cyongeye kurenga amadolari 100 y’Amerika ku kagunguru, nyuma yo kugabanuka cyane ku wa mbere. Uyavunje mu mafaranga y’u Rwanda, ayo angana na 145,000 ku kagunguru. Mu gitondo cyo...

Menya amayeri asigaye akoreshwa n’abatekamutwe bagamije kukwiba amafaranga

Bimwe mu birego byiganje mu byo Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) yakira umunsi ku wundi habamo iby’abantu baba bariganyijwe amafaranga yabo n’abatekamutwe bakoresha amayeri atandukanye. Aya mayeri bayakoresha bagendeye ku buryo bugezweho bwo gushaka...

Uko iyi ntambara ya US-Israel na Iran ishobora gutuma ibiciro by’ibiribwa bizamuka

Intambara mu burasirazuba bwo hagati yamaze gutuma ibiciro fatizo by’ibikomoka kuri petroli bizamuka ku isoko mpuzamahanga. Ariko kandi ishobora no gutera ubukene bw’umusaruro w’ibihingwa no kuzamuka kw’ibirico byabyo niramuka ikomeje guhungabanya...

Hari ubwo byagukura ku mugati: Amagambo udakwiye na rimwe kubwira umukoresha wawe

Mu kazi no mu mirimo itandukanye, twese uko tungana tuba twifuza kumerana neza n’umukoresha wacu no kumvikana na we. Kugira ngo ibi ubigereho, kugira umurongo ufunguye wo kuganira kandi dukoresha ukuri ni ikintu cya ngombwa cyane. Nyamara muri...

Impamvu nyakuri utazamurwa mu ntera mu kazi

Ufite ubumenyi n’ubuhanga bwose ndetse akazi kawe ugakora neza. Ariko hari uburyo iyo batoranya abajya mu myanya yisumbuye kandi y’ubuyobozi bufata ibyemezo izina ryawe risa n’iryibagirana. Impamvu ishobora kuba itera ibi ni uko hari ikintu cya...

Kuki abakozi badashobora na rimwe kunyurwa ngo bahazwe n’imishahara yabo?

N’igihe ibyo umuntu ahemberwa gukora nk’akazi cyangwa umushahara byiyongereye ukaba wanikuba kabiri, ubanza biri muri kamere muntu gushaka gukomeza ibirenzeho kandi ko byakwiyongera, n’ejo akongera akifuza ko byiyongera. Mu mwaka ushize, Samantha...