Yafatanywe ibilo birenga 50 by’urumogi
2 / 12 / 2024 - 14:25Umugabo w’imyaka 31 y’amavuko yafatiwe mu Karere ka Rubavu, afite ibilo 57 by’urumogi yari atwaye mu modoka aruvanye muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
Yafatiwe mu mudugudu wa Kivu, akagari ka Nengo mu murenge wa Gisenyi,...