Imyidagaduro
Justin Bieber yagurishije uburenganzira ku ndirimbo kuri miliyoni $200
Justin Bieber yagurishije imigabane ku burenganzira kuri muzika ye na kompanyi yitwa Hipgnosis Songs Capital kuri miliyoni $200. Iyi kompanyi ubu nayo ifite imigabane ku ndirimbo z’uyu muhanzi zirimo n’izakunzwe cyane za vuba aha – nka "Baby" na "Sorry". Bieber, umwe mu bahanzi bagurishije kurusha abandi bose mu kinyejana cya 21, yiyongereye mu...
Ahari Kubakwa Wakanda ya Akon Ubu Hararagirwa Ihene, Icyizere ku Nzozi z’Ifaranga Rye Cyarayoyotse
Umuririmbyi rurangiranwa w’injyana ya RnB Akon avuga ko imigambi ye yakerejwe cyane- umujyi wa Afurika ku nkengero z’inyanja muri Senegal- ikomeje kugenda neza ku kigero cya 100.000%. Nubwo ihene ubu ari zo zirirwa zirisha ibihehe n’ibishikashike ziragirwa ahari kubakwa uyu mujyi wa ‘Wakanda’ ya Akon, avuga ko abamunnyega bazisanga bagaragaye...
Kuki Ingimbi n’Abangavu B’Ubu Batari Uko Bahoze Kera?
Umuntu aravuka akaba umwana hanyuma agakura akaba umuntu mukuru hagati aho habaho ikindi cyiciro cy’abantu babaho mu gushayisha, mu buzima butari ku murongo na gato kandi bahora mu kajagari, akavuyo na rwaserera mu mitwe yabo. Reka twifashishije inkuru icukumbuye ya BBC, tukugezeho uko twasobanuye ubugimbi n’ubwangavu (adolescence) mu mateka...
Iduka ryagutse, imyambaro igezweho...Ni IBISHYA GUSA MURI GOGO FASHION BOUTIQUE
Nyuma y’uko abagana Gogo Fashion Boutique bakomeje kuba benshi ndetse bagashima serivisi bahabwa, kuri ubu iri duka ricuruza imyambaro igezweho ryamaze kwagurwa ndetse bongeramo ibindi bishya bigezweho. Gogo Fashion Boutique iherereye mu Mujyi wa Musanze, mu Ibereshi rya II utaragera ku Musigiti, icuruza imyambaro itandukanye irimo iy’abagabo...
R’Bonney Gabriel niwe watsindiye kuba Miss Universe 2022
R’Bonney Gabriel wabaye Miss USA 2021 niwe wegukanye irushanwa rya Miss Universe 2022 mu ijoro ryo kuwa gatandatu. Yashyikirijwe ikamba na Harnaaz Kaur Sandhu wo mu Buhinde wari wegukanye irya 2021. Abakobwa b’uburanga b’ahatandukanye ku isi bari bakoraniye i New Orleans, leta ya Louisiana muri Amerika muri iri rushanwa rya 71 ry’ubwiza....
Indirimbo ya Shakira ’yibasira Piqué’ yaciye agahigo kuri YouTube
Indirimbo ya Shakira ivuga ko uwo bahoze babana Gerard Piqué yamucaga inyuma yaciye umuhigo kuri YouTube. Video y’indirimbo ‘Out of Your League’ yarebwe inshuro zirenga miliyoni 63 nyuma y’amasaha 24 ishyizweho, bituma iba indirimbo ya mbere yo muri Amerika y’Epfo irebwe cyane mu gihe kingana gutyo. Mu 2022 Shakira w’imyaka 45 yatandukanye na...
’Gogo Fashion Boutique’ yabazaniye imyenda muzarimbana mu minsi mikuru
Nyuma y’uko ikomeje kubagezaho imyambaro myiza igezweho, kuri ubu "Gogo Fashion Boutique" yabazaniye n’indi myenda muzarimbana mu minsi mikuru ya Noheli n’Ubunani. Kwambaika neza ababagana niyo ntego ya "Gogo Fashion Boutique". Niyo mpamvu buri munsi babazanira imyenda igezweho kandi ihesha ishema uyambaye. Uretse imyambaro basanganywe, ubu...
Umukobwa wa Kobe Bryant arasaba urukiko kumurinda umugabo uhora amukurikirana
Umukobwa wa Kobe Bryant ufite imyaka 19 avuga ko afite ubwoba kuko arimo guhigwa n’umuntu ufite amateka y’ubugizi bwa nabi bwitwaje intwaro, nk’uko ikinyamakuru TMZ kibivuga. Natalia Bryant ibi yabibwiye urukiko kuwa mbere kugira ngo rumurinde umugabo w’imyaka 32 uhora amukurikirana nk’uko abivuga. Mu nyandiko z’urukiko, TMZ ivuga ko yabonye,...
Filime zirenga 70 zigiye kwerekanwa mw’iserukiramuco rya Mashariki African film festival i Kigali
Iserukiramuco rya sinema yo muri afurika y’i Burasirazuba: Mashariki African film festival ryagarutse ku nshuro yaryo ya 8, Aho rizerekana filime zirenga 70 ziturutse mu bihugu bitandukanye bya Afurika, rikazaba hagati ya tariki 26 ugushyingo kugeza tariki 02 ukuboza i Kigali. Mashariki African film festival ni iserukiramuco ribera I Kigali...
Bahavu Jannet n’umugabo we bafashije abarwayi bo mu bitaro bya Masaka
Umukinnyi wa filime Bahavu Usanase Jannet n’umugabo we Ndayirukiye Fleury uzwi cyane nka Fleury Legend, kuri iki cyumweru bafashije abarwariye mu bitaro bya Masaka batishoboye. Bahavu na Fleury bamenyakanye cyane kubera filime y’uruhererekane ’impanga’ ikundwa n’abatari bacye mu Rwanda, kuri Iki cyumweru Nkuko tubisanga ku mbuga nkoranyambaga...