Imikino
#EAPCCO2023:Polisi y’u Rwanda yacanye umucyo mu marushanwa yo kurasa (AMAFOTO 500)
Polisi y’u Rwanda yegukanye umudali wa Zahabu mu mukino wo kurasa (kumasha) wabereye mu Kigo cya Polisi giherereye mu Karere ka Bugesera. Umukino wo kumasha ni umwe mu mikino 13 yaberaga mu Rwanda mu mikino ihuza abapolisi bo mu muryango w’abayobozi ba Polisi mu bihugu byo mu Karere k’Afurika y’Iburasurazuba (EAPCCO). Abarushanwaga babikoze mu...
Hatangajwe imodoka zimaze kwiyandikisha muri Huye Rally 2023
Tariki ya 24-26 Werurwe 2023, mu Karere ka Huye hazabera Isiganwa ry’Imodoka rya Mémorial Gakwaya cyangwa se Huye Rally rizitabirwa n’imodoka 19. Iri siganwa ryaherukaga kuba mu 2019 ubwo ryegukanwaga na Gakwaya Jean Claude ari kumwe na Mugabo Jean Claude. Muri uyu mwaka, imodoka 19 ni zo ziyandikishije kugira ngo zizahatane muri iri siganwa...
#EAPCCOGames2023:Police y’u Rwanda yatsinze Police y’u Burundi (AMAFOTO 250)
Amakipe ya Polisi y’u Rwanda yatsinze aya Polisi y’igihugu cy’u Burundi mu mikino itangiza umupira w’amaguru n’umukino w’intoki (Volley ball) yabahuje ku munsi wa mbere w’imikino ihuza abapolisi bo mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba (EAPCCO) ku nshuro ya 4, yatangiye kuri uyu wa Kabiri, tariki 21 Werurwe, i Kigali mu Rwanda. Ni imikino yabaye nyuma...
Inganzo Ngari zaryoheje ibirori byo gufungura Imikino ya #EAPCCOGames2023 (AMAFOTO 300)
Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 21 Werurwe, i Kigali hatangijwe ku mugaragaro imikino ihuza ibihugu bigize umuryango w’abayobozi ba Polisi zo mu bihugu byo mu Karere k’Afurika y’iburasirazuba (EAPCCO) ibaye ku nshuro yayo ya 4 mu rwego rwo guteza imbere ubufatanye mu gucunga umutekano. Ni imikino izamara igihe cy’icyumweru ihuza ibihugu umunani...
Aryoha asubiwemo:Amafoto 250 utabonye abanyamakuru bakina uwa gishuti na Staff ya Rayon Sports
Ikipe y’abanyamakuru b’imikino bibumbiye mu ishyirahamwe , AJSPOR (Association des Journalistes du Sports au Rwanda ), batsinze abakozi n’abayobozi ba Rayon Sports 2-0, Perezida wa Rayon Sports atungurana akina nka rutahizamu uca ku ruhande rw’i buryo. Ni umukino wabaye kuri iki cyumweru tariki 19 Werurwe 2023 guhera saa kumi z’umugoroba....
Rayon Sports WFC yihanije Indahangarwa (AMAFOTO 300)
Mu mukino usoza amatsinda, ikipe ya Rayon Sports y’abagore yihanije Indahangarwa WFC y’i Kabarondo iyitsinda 5-1 mu gihe mu mikino ibanza ariyo kipe yari yabashije kuyihangara banganya 2-2. Umukino wo kwishyura wabereye mu Nzove kuri iki cyumweru tariki 19 Werurwe 2023. Imanizabayo Florence bahimba Fofo yatsindiye Rayon Sports ibitego 2,...
Abanyamakuru batsinze Staff ya Rayon Sports, Jean Fidele akina nka rutahizamu (AMAFOTO)
Ikipe y’abanyamakuru b’imikino bibumbiye mu ishyirahamwe , AJSPOR (Association des Journalistes du Sports au Rwanda ), batsinze abakozi n’abayobozi ba Rayon Sports 2-0, Perezida wa Rayon Sports atungurana akina nka rutahizamu uca ku ruhande rw’i buryo. Ni umukino wabaye kuri iki cyumweru tariki 19 Werurwe 2023 guhera saa kumi z’umugoroba....
Ibyo ukwiriye kumenya byose ku mikino ihuza abapolisi ya EAPCCO
Mu cyumweru gitaha u Rwanda ruzakira imikino ihuza ibihugu bigize umuryango w’abayobozi ba Polisi zo mu bihugu byo mu Karere k’Afurika y’iburasirazuba (EAPCCO). Ni amarushanwa azamara icyumweru, aho azatangira ku wa kabiri, tariki ya 21 Werurwe, ahuza abitabiriye imikino 13 itandukanye, baturutse mu bihugu 8 bigize uyu muryango. Ni ku nshuro...
Perezida wa Rayon Sports agiye gukina mu izamu ku nshuro ya kabiri
Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidele agiye kongera gukina mu izamu ku nshuro ya kabiri nyuma y’uko yaherukaga kurikinamo mu ruhame umwaka ushize. Uwayezu Jean Fidele azagaragara mu mukino uzahuza abanyamakuru b’imikino bibumbiye mu ishyirahamwe rya AJSPOR ndetse n’abakozi ba Rayon Sports uzabera mu Nzove ku cyumweru tariki 19 Werurwe...
Huye Rally igiye gusubukurwa nyuma y’imyaka ine
Irushanwa ryo gusiganwa mu modoka rya Memorial Gakwaya cyangwa Huye Rally rigiye kugaruka nyuma y’imyaka ine ritaba, aho kuri iyi nshuro rizitabirwa n’imodoka 15 hagati ya tariki ya 24 n’iya 26 Werurwe 2023. Huye Rally yaherukaga gukinwa mu 2019 ubwo yegukanwaga na Gakwaya Jean Claude, ntiyabaye mu myaka itatu ishize biturutse ku cyorezo cya...