Bafatanywe ibihumbi bine by’amadolari y’Amerika by’amiganano
24 / 04 / 2025 - 07:55Polisi y’u Rwanda yatanze umuburo ku bishora mu bikorwa byo kwigana amafaranga no kuyakwirakwiza, ishishikariza abaturarwanda kuba maso birinda kugwa mu mutego no gutanga amakuru ku bo bacyetseho kwishora muri ibi byaha.
Ubu butumwa butanzwe...