Umurimo

Adidas ivuga ko ikirango cya Black Lives Matter kibangamiye icyayo cy’imirongo itatu

Adidas yasabye, US Trademark Office, ibiro bya Amerika bishinzwe ibirango by’ubucuruzi kwanga ubusabe bw’ikirango cya Black Lives Matter (BLM) kuko kirimo imirongo itatu ibangikanye. Adidas, uruganda runini rw’imyambaro ya siporo, ivuga ko icyo kirango cy’ikigo Black Lives Matter Global Network Foundation gishobora guteza kwibeshya ku kirango...

Jack Ma washinze Alibaba yabonetse nyuma y’igihe kinini atagaragara

Jack Ma washinze ikigo Alibaba, wari umaze igihe aboneka gacye cyane mu ruhame mu myaka itatu ishize, yabonetse ku ishuri riri i Hangzhou mu Bushinwa, nk’uko amakuru abivuga. Uyu mugabo w’imyaka 58 ntiyakunze kuboneka kuva yanenga abashinzwe ubukungu bw’Ubushinwa mu 2020. Jack Ma ni we muntu ukomeye cyane mu batunze za miliyari mu Bushinwa wari...

Imipira igezweho ukwiriye kongera mu myenda yawe

Niba ukunda kurimba no kwambara neza, hari imipira igezweho ukwiriye kuba ubitse mu bubiko bw’imyenda yawe. Iyi ni imyenda ikorwa na Company yitwa Pamoja yashinzwe na Mugisha Robert wayitangije muri 2020. Mugishsa avuga ko igitekerezo yakigize nyuma yo kubona ko kubona akazi bisigaye bigoye kandi we na bagenzi be bafite impano babyaza...

Kuki buri gihe hari abantu bahora bakererewe?

Uri wa muntu uhora yakererewe? Mu isi ya none, aho tugerageza gukora ibintu byinshi kurushaho, dusa buri gihe n’aba basiganwa n’isaha. Gusa mu gihe tuba duhangayikishijwe no gusiganwa n’igihe, hari abantu basa n’abatajya bita ku gihe no gukerererwa. Ubushakashatsi bwakozwe mu 2014 bwerekanye ko umwe ku banyamerika batanu akerererwa kukazi...

APROHADE, abahanga mu gukora ibikoresho by’ubukorikori bishimiye ibyo bagezeho muri 2022 (AMAFOTO)

Kuri uyu wa Kane tariki 29 Ukuboza 2022, abanyamuryango ba APROHADE bakoze umunsi mukuru wo kwishimira ibyo bagezeho ndetse na serivisi nziza bahaye ababagana, banafatira hamwe ingambo zo kurushaho kongera umusaruro wabo muri 2023. Ni ibirori byabereye ku cyicaro gikuru cya APROHADE kuri mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge iruhande...

UHTGL yahaye impamyabumenyi abayirangijemo itangaza ko igiye gushinga radiyo

Photo:Recteur de l’ UHTGL, le Professeur Ordinaire Masandi Milondo Samuloba Alphonse Mu kubahiriza ingengabihe y’amashuri yashyizweho na Minisiteri y’Amashuri, Université des Hautes Technologies des Grands Lacs, « UHTGL/Goma » yarangije umwaka wayo w’amashuri wa 2021-2022 ku wa kane tariki ya 22 Ukuboza mu birori byo gusoza amasomo ku barangije...

Uwantege: Umugore umwe gusa utwara amakamyo manini mu Rwanda

Kugeza ubu Irene Uwantege niwe mugore wenyine mu Rwanda utwara imodoka nini zambukiranya imipaka, urugendo rurerure amaze gukora rugera kuri 5,000Km atwaye ikamyo. Ibimenyerewe mu Rwanda no mu karere ni uko gutwara amakamyo ari umurimo w’abagabo, ndetse haracyari imyumvire ko imirimo imwe n’imwe hari abo yagenewe. Mu kiganiro yagiranye na BBC...

Volkswagen Rwanda imaze guteranyiriza mu gihugu imodoka 2300

Ishami ryo mu Rwanda ry’Uruganda rw’Abadage rukora imodoka, Volkswagen ryatangaje ko rimaze guteranyiriza mu gihugu imodoka 2300 nyuma y’imyaka 3 ishize, uru ruganda rutangiye gukorera icyo gikorwa mu gihugu. Urugaga rw’abikorera ruravuga ko uru ari urugero rwiza abandi bashoramari bafitiraho bashora imari mu Rwanda. Mu cyanya cyahariwe inganda...

Abantu babarirwa muri za miliyoni babaye aba ’millionaires’ muri iki gihe cya Covid

Abantu barenga miliyoni eshanu bagiye mu rwego rw’abatunze miliyoni z’amadorari ku isi mu mwaka wa 2020 nubwo habayeho ihungabana ry’ubukungu ritewe n’icyorezo cya Covid-19. Mu gihe ibihugu byinshi bicyennye byarushijeho gucyena, umubare w’abaherwe batunze za miliyoni wiyongereyeho abantu miliyoni 5.2 ugera ku bantu miliyoni 56.1 ku isi, nkuko...

Hasohotse itegeko ryitezweho gukuraho amanyanga yakorwaga muri cyamunara

Abanyarwanda mu ngeri zitandukanye barishimira ko itegeko rishya riha ijambo nyirumutungo ndetse n’uteza cyamunara; ibintu biteze ko bizakemura icyo bita iteshagaciro ry’umutungo rya hato na hato ryajyaga riboneka muri cyamunara. Macumi Jean Baptiste ni umugabo uvuga ko yaguze ikibanza kirimo inzu mu Mudugudu wa Gasharu, Akagari ka Ngiryi mu...

0 | 10 | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90