INKURU ZIHERUKA

Wari uzi ko amashuka n’imisego turyamira bishobora kubika umwanda uruta uwo mu...

Abahanga bavuga ko mu buriri ari ho tumara hafi kimwe cya gatatu cy’ubuzima bwacu bwa buri munsi, kandi uko kuhatinda bituma amashuka twiyorosa n’imisego turyamira biba icumbi ry’abashyitsi badakenewe. Nyuma y’umunsi muremure, nta kintu cyiza nko...

’Bashakaga kwica Capt Ibrahim Traoré’ – Leta ya Burkina Faso yavuze ko yaburijemo...

Minisitiri w’umutekano muri Burkina Faso yatangaje ko abantu benshi bafunzwe nyuma y’umugambi waburijwemo wo kwica Perezida Capitaine Ibrahim Traoré mu mpera z’icyumweru gishize. Minisitiri Mahamadou Sana yavugiye kuri televiziyo y’igihugu mu ijoro...

Nestlé yakuye ku isoko mpuzamahanga amwe mu mata y’abana bivugwa ko arimo...

Uruganda rw’ibiribwa n’ibinyobwa rwa Nestlé rwatangaje ko rwakuye ku isoko mpuzamahanga bimwe mu bicuruzwa by’amata y’abana kubera impungenge z’uko bishobora kuba birimo ubumara (toxin) bwateza uburozi mu biribwa (food poisoning). Nestlé yavuze ko...

Corina Machado yavuze ko Trump akwiye igihembo cy’amahoro cya Nobel ku byo yakoze...

Umwe mu bakomeye batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Venezuela akaba unaherutse guhabwa igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel yatangaje ko ifatwa rya Perezida Nicolás Maduro ari "intambwe nini cyane ku bwisanzure". María Corina Machado kugeza ubu umaze...

Rayon Sports yatsinze AS Muhanga, aba Rayon bahanga amaso Derby bafite akamwenyu...

Rayon Sports yafashe umwanya wa gatandatu n’amanota 24 nyuma yo gutsinda AS Muhanga ibitego 2-0, mu mukino w’Umunsi wa 14 wa Shampiyona y’u Rwanda wabereye kuri Kigali Pele Stadium, kuri iki Cyumweru, tariki ya 4 Mutarama 2026. Ku munota wa 13,...

Igiciro cya zahabu cyazamutse nyuma y’uko Amerika ishimuse Maduro

Mu masaha ya mu gitondo kuri uyu wa mbere muri Aziya, zahabu yari yazamutseho hafi 1.8% igera kuri hafi $4,408 ni ukuvuga hafi miliyoni esheshatu n’igice (6,430,034 frw) y’amanyarwanda, ku kilo. Ifeza yo yari yazamutseho hafi 3.5%, kuko...

MU MAFOTO 150:APR FC yatsinze Bugesera FC mu mukino umuriro wabuzemo...

APR FC yatsinze Bugesera FC ibitego 2 - 1 mu mukino w’umunsi wa 14 wa Rwanda Premier League bituma ikomeza gusatira ikipe ya Police FC. Hari mu mukino wabuzemo umuriro, biwuhagarika iminota igera kuri cumi n’itanu. APR FC yafunguye amazamu ku...

Kuva kuri telefoni kugera kuri mudasobwa bishobora guhenda muri...

Ibiciro by’ibikoresho by’ikoranabuhanga twese dukoresha biraza kuzamuka muri 2026 kubera ibiciro bya RAM- kimwe mu bintu bihendutse bigize za mudasobwa igiciro cyabyo cyikubye kabiri kuva mukwezi kwa cumi 2025. Ikoranabuhanga rikoresha ibintu...

Nkurangire iduka ricuruza ibikoresho bya ’Electronics’ ku giciro gito...

Mu mutima w’Umujyi wa Kigali, hari ahantu hihariye hahurira ikoranabuhanga, ubunyamwuga n’icyizere. Ni iduka rya D&I Electronics LTD ryubatswe ku ntego yo korohereza Abanyarwanda kubona ibikoresho bigezweho bibafasha mu buzima bwa buri munsi...

Umubyeyi usaba imbabazi kubera umukobwa we w’imyaka 13 wapfuye nyuma yo kwigana...

Umubyeyi wo mu Bwongereza yasabye ko hashyirwaho amasomo yigisha abana ingaruka zo gukoresha nabi imyuka ihumanya ikirere, nyuma y’urupfu rw’umukobwa we w’imyaka 13 wapfuye yigana ibyo yari yabonye ku mbuga nkoranyambaga. Sonia Hopkin yavuze ko...

IMIKINO

IMYIDAGADURO

Kenya: Umukobwa w’imyaka 20 yapfiriye mu gitaramo cya Asake

Abategetsi bo muri Kenya bemereye BBC ko umuntu umwe yapfuye kubera umuvundo wabereye ku kibuga cya Nyayo Stadium i Nairobi mu gitaramo cyari kirimo umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats wo muri Nigeria, Asake. Umuvugizi wa polisi ya...

Icyamamare muri muzika Jimmy Cliff yatabarutse

Jimmy Cliff, umwe mu bahanzi ba Reggae na Rock and Roll bamamaye kw’isi yapfuye, ku myaka 81. Kuva mu myaka ya 1960 Cliff yafashije kugeza umuziki wa Jamaica ku bantu benshi kw’isi mu ndirimbo ze zakunzwe cyane nka Wonderful World, Beautiful...

Impamvu 10 zituma Kigufi Hill Agape Resort ari paradizo y’abashakanye ku...

Ku musozi uhatse amazi asukuye y’ikiyaga cya Kivu, hagati y’uburanga bw’ibimera n’amahoro y’ikirere cya Rubavu, Kigufi Hill Agape Resort ni ahantu heza ku kiruhuko cy’abashakanye bashaka kongera gusabana, kuruhuka, no kwiyibutsa ibyiza by’urukundo....

5IVE Alive Tour: Hanzitse ibikorwa byinjiza abantu mu mpumeko y’igitaramo cya...

SKOL Malt ku bufatanye na Intore Entertainment, batangije ku mugaragaro urukurikirane rw’ibikorwa by’imyidagaduro mu cyiswe “Davido’s Ahanad Countdown” bitegurira abantu kwinjira mu mpumeko y’igitaramo gikomeye cya “Davido’s 5ive Tour”, giteganyijwe...

Gatanya ya Jose Chameleone n’umugore we Daniella - Urubanza rurimo kugarukwaho...

Urukiko i Kampala muri Uganda rwimuriye mu kwezi gutaha kwa Nzeri urubanza rwa gatanya hagati y’umuhanzi w’icyamamare Jose Chameleone n’umugore we Daniella Atim kubera ibyo bombi batarimo kumvikanaho mu biburanwa. Iyi ni imwe mu nkuru irimo...

Kenny Sol yataramiye umuryango wa Muzungu umaze imyaka 12 urushinze, yiyemeza...

Umuhanzi Rusanganwa Norbert wamamaye nka Kenny Sol yataramiye umuryango wa Muzungu wizihizaga imyaka 12 urushinze, yiyemeza kuzakomeza gutera ikirenge mu cyabo kuko abafataho urugero. Ni ibirori yanaririmbanyemo na Calvin Mbanda banafitanye...

Ibitaramo bya Senderi wizihiza imyaka 20 mu muziki bikomeje guhindurira bamwe...

Umuhanzi Eric Senderi International Hit akomeje gukora ibitaramo mu turere 13 tw’u Rwanda, mu rwego rwo kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki nyarwanda, ibitaramo birimo guhindura ubuzima bwa bamwe harimo abari kwishyurirwa ishuri umwaka wose. Ni...

Harimo Mo Salah, Burna Boy na Dangote: Munyakazi Sadate, Clare Akamazi na Bruce...

Abanyarwanda, Munyakazi Sadate, Clare Akamanzi na Bruce Melodie bari ku rutonde rw’abantu 100 batumiwe mu nama y’abayobozi bakomeye, abashoramari n’impuguke mu by’ubukungu muri Afurika yiswe “100 Most Notable Africans Leadership and Business Summit”,...

Aba ’Influencers’ bo ku mbuga nkoranyambaga basuye urwibutso rwa Jenoside...

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Mata 2025, abasore n’inkumi bavuga rikumvikana ku mbuga nkoranyambaga (’Young Influencers’) basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Bisesero basobanurirwa ubutwari bwaranze Abanya Bisesero mu gihe cya...

Korali Elayono yashyize hanze indirimbo ibwira abantu ’Umwami utanga...

Korali Elayono ibarizwa mu Itorero rya ADEPR muri Paruwasi ya Remera, umudugudu wa Remera yashyize hanze indirimbo nshya bise Umwami w’Amahoro. Ni indirimbo bashyize hanze mu gihe kitageze ku kwezi bari bamaze bashyize hanze iyitwa Gusenga...

UBUZIMA

AMAKURU YO MU RWANDA

AMAKURU YO MU MAHANGA

Putin yari he ubwo impanuka yishe Yevgev Prigozhin yabaga?

Ubwo hasohokaga inkuru z’impanuka y’indege bitekerezwa ko yishe umukuru w’umutwe w’abasirikare b’abacanshuro wa Wagner Yevgeny Prigozhin, Perezida w’Uburusiya yagezaga ijambo ku bitabiriye ibirori byizihizaga imyaka 80 Uburusiya bumaze butsinze...

Trump azitaba urukiko ku birego by’inyandiko z’ibanga

Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika yarezwe ibyaha bijyanye n’uko yafashe inyandiko z’ibanga rya leta nyuma yo kuva muri Maison Blanche/White House. Trump w’imyaka 76, araregwa ibyaha birindwi birimo gufatira inyandiko z’ibanga, nk’uko...

Intambara n’Amerika yaba ’ibyago bitihanganirwa’ – Minisitiri w’ingabo...

Minisitiri w’ingabo w’Ubushinwa yavuze ko intambara n’Amerika yaba "ibyago bitihanganirwa" ku isi, mu ijambo rye rya mbere rikomeye avuze kuva yagera kuri uyu mwanya. Mu nama ku mutekano, Jenerali Li Shangfu yavuze ko "ibihugu bimwe" birimo gukaza...

’Mayor’ wa Moscow avuga ko igitero cya drone cyangije inyubako

Uburusiya bwashinje Ukraine kugaba urukurikirane rw’ibitero by’indege nto zitarimo umupilote (drone) ku murwa mukuru Moscow mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri. Ni ubwa mbere uwo mujyi wibasiwe na drone nyinshi kuva Uburusiya bwagaba igitero...

Umuyobozi yategetse ko bakamya ikidamu cyose ngo bakuremo telefoni yatayemo...

Umuyobozi mu gihugu cy’Ubuhinde yirukanwe ku kazi nyuma yo gutegeka ko bakamya ikidamu cyose ngo bakuremo telefoni ye yari yaguyemo. Byafashe iminsi itatu kudaha imiliyoni za litiro z’amazi muri iki kidamu, nyuma y’aho uyu mugabo witwa Rajesh...

Amerika igiye gutangaza ibihano bishya ku Burusiya mu nama ya G7

Amerika yizeye ko ibihano byayo bishya ku Burusiya – byitezwe gutangarizwa i Hiroshima mu Buyapani mu nama y’itsinda rya G7 ry’ibihugu bikize cyane ku isi – bituma ibindi bihugu byo muri G7 na byo byongera ibihano byabyo. Amerika ivuga ko ingamba...

IKORANABUHANGA

AMASHUSHO AKUNZWE

UMURIMO

Impamvu nyakuri utazamurwa mu ntera mu kazi

Ufite ubumenyi n’ubuhanga bwose ndetse akazi kawe ugakora neza. Ariko hari uburyo iyo batoranya abajya mu myanya yisumbuye kandi y’ubuyobozi bufata ibyemezo izina ryawe risa n’iryibagirana. Impamvu ishobora kuba itera ibi ni uko hari ikintu cya...

Read all News

Kuki abakozi badashobora na rimwe kunyurwa ngo bahazwe n’imishahara yabo?

N’igihe ibyo umuntu ahemberwa gukora nk’akazi cyangwa umushahara byiyongereye ukaba wanikuba kabiri, ubanza biri muri kamere muntu gushaka gukomeza ibirenzeho kandi ko byakwiyongera, n’ejo akongera akifuza ko byiyongera. Mu mwaka ushize, Samantha...

Hari ubwo byagukura ku mugati: Amagambo udakwiye na rimwe kubwira umukoresha wawe

Mu kazi no mu mirimo itandukanye, twese uko tungana tuba twifuza kumerana neza n’umukoresha wacu no kumvikana na we. Kugira ngo ibi ubigereho, kugira umurongo ufunguye wo kuganira kandi dukoresha ukuri ni ikintu cya ngombwa cyane. Nyamara muri...

Mbere yo gusezera ku kazi, dore ibintu ukwiye kubanza gutekerezaho

Bitewe n’uko ikiremwamuntu gikunda kandi iterambere cyagezeho mu mateka kuva mu binyejana bishize ryagiye riva ku mpinduka, benshi mu bakora imirimo runaka usanga kenshi bafite ibitekerezo n’imigambi yo kureka kuyikora bakajya gukora itandukanye...

École Francophone de Kayove ishuri ryaje nk’igisubizo ku ireme ry’uburezi mu Karere ka Rutsiro

“Niba ufite umugambi w’umwaka umwe, uzahinge umuceri, umugambi wawe niba ari uw’imyaka itanu, uzatere ibiti nyamara nuramuka ufite umugambi wumva ari uw’imyaka 100, uzigishe abana ubahe uburezi.” Ni amagambo ya Confiscus, Umushinwa w’icyatwa muri...

Nkurangire abasore n’inkumi bazagufasha serivisi na porotokole mu birori mu buryo utazibagirwa iteka

Niba warigeze gutegura ibirori nk’ubukwe cyangwa ibindi nk’igitaramo, urabizi uburyo bigora kumenya uko wakira ababyitabira bagataha banyuzwe na serivisi igomba buri wese mu cyubahiro akwiye mu buryo bukozwe kinyamwuga. Ni byo waba ufite...

Jack Ma ’agiye kwigisha muri Kaminuza y’imiyoborere iri mu Rwanda’

African Leadership University (ALU) yatangaje ko umuherwe Jack Ma washinze ikigo cy’ubucuruzi Alibaba Group yagizwe umwalimu w’umushyitsi kuri iyi kaminuza ikorera i Kigali. Urubuga rw’iyi kaminuza rusubiramo uwayishinze, Dr Fred Swaniker, avuga...