INKURU ZIHERUKA

Inama z’umuhanga zo kubuza ubwonko bwawe kumenyera ibintu bikubabaza

Niba utuye iruhande rw’umuhanda ucamo ibikamyo binini buri munsi cyangwa hafi y’ikibuga cy’indege, birashoboka ko utajya wumva urusaku rwabyo, nyamara bishobora kubangamira amatwi y’umuntu mushya aho hantu. Ibi ni ko bigenda iyo winjiye, urugero,...

Impinduka zizaba mu mubiri igihe wihatira kunywa amazi

Kunywa amazi igihe ufite inyota ntabwo bihagije. Amazi ni ingenzi cyane ku mikorere myiza y’umubiri w’umuntu. Ntabwo rero umuntu ayanywa gusa ari uko agize inyota, ahubwo wakagombye kugira umuco wo kunywa amazi buri munsi. Amazi ni ingenzi cyane...

Umunsi Kigali Universe ihindurwa Emirates Stadium n’abafana ba Arsenal (AMAFOTO...

Kimwe mu byaranze Iserukiramuco ry’abafana ba Arsenal muri Afurika ryabereye mu Rwanda ni ugusabana n’ibyishimo ariko byabaye agahebuzo ubwo bareberaga hamwe umukino ikipe yabo yatsinzemo Ipswich Town 4-0, maze Kigali Universe bareberagamo uyu...

Arsenal Africa Fans Festival:Bagiriye ibihe byiza ku mazi i Gashora...

Abafana bitabiriye iserukiramuco ry’abafana ba Arsenal muri Afurika bagiriye ibihe byiza kuri La Palisse Gashora, bataha baseta ibirenge. Hari ku munsi wa kabiri w’iri serukiramuco ku wa Gatandatu tariki 19 Mata 2025. Ni igikorwa bakoze nyuma...

Abafana ba Arsenal muri Afurika bafunguye televiziyo izafasha guhangana...

Abitabiriye iserukiramuco ry’abafana ba Arsenal muri Afurika bari mu Rwanda, basobanuriwe amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi, banafungura televiziyo izajya inyuzwaho ibiganiro byo kurwanya ihungabana. Aba bafana bafunguye televiziyo ya shene...

Ntibizongere ukundi - Abafana ba Arsenal nyuma yo gusura Urwibutso rwa Jenoside...

Nyuma yo gusura urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Ntararama ruherereye mu Bugesera, abafana ba Arsenal baturutse mu bihugu 14 bavuze ko Jenoside idakwiriye kongera kuba ukundi aho ariho hose ku isi. Gusura uru rwibutso rwa Jenoside...

Abafana ba Arsenal bishimiye gushyira itafari kuri gahunda yo kurwanya...

Ubwo bari mu iserukiramuco ry’abafana ba Arsenal muri Afurika (Arsenal Africa Fans Festival), abafana b’iyi kipe yo mu Bwongereza baturutse mu bihugu 14 bishimiye gutera ibiti muri gahunda yo kurwanya ihindagurika ry’ikirere. Ni igikorwa bakoreye...

Biterwa n’iki kugira ngo umukobwa ave amaraso mu gitsina kandi atari mu...

Muri ya gahunda twashyiriyeho abasomyi yo kubaza muganga indwara cyangwa ibindi bibazo byose baba bibaza, umukobwa umwe aheruka kutwoherereza ikibazo yashakaga ko tumubariza kijyanye no kuva amaraso kandi atari mu mihango. Ikibazo cye cyagiraga...

Ubwoko 6 bw’amafunguro umuntu avanga akaba uburozi

Ibyo kurya turya bigendana n’uburyo amagara y’umuntu ubirya ahagaze. Hari abafata amafunguro runaka akabateza ibibazo bikomeye birimo uburwayi no kuribwa kugeza aho hari n’abo biviramo urupfu bitewe gusa no kuvanga ibyo kurya. Umuntu umwe ashobora...

Impamvu abakiri bato bari mu bibasiwe cyane n’indwara zo mu mutwe

Muri iyi si ya none yo mu kinyejana cya 21 cyiswe icy’umuvuduko, abantu baragenda bahura n’ibibazo abayibayeho mu myaka yashize batigeze bahura na byo bikaba ari na byo biba intandaro y’ibibazo n’indwara zo mu mutwe zikomeje kwiyongera mu muryango...

IMIKINO

IMYIDAGADURO

Aba ’Influencers’ bo ku mbuga nkoranyambaga basuye urwibutso rwa Jenoside...

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Mata 2025, abasore n’inkumi bavuga rikumvikana ku mbuga nkoranyambaga (’Young Influencers’) basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Bisesero basobanurirwa ubutwari bwaranze Abanya Bisesero mu gihe cya...

Korali Elayono yashyize hanze indirimbo ibwira abantu ’Umwami utanga...

Korali Elayono ibarizwa mu Itorero rya ADEPR muri Paruwasi ya Remera, umudugudu wa Remera yashyize hanze indirimbo nshya bise Umwami w’Amahoro. Ni indirimbo bashyize hanze mu gihe kitageze ku kwezi bari bamaze bashyize hanze iyitwa Gusenga...

’Ntewe ishema cyane nanjye ubwanjye’ – Nyampinga wa Nigeria wahinyuje abamwibasiye...

Nyampinga (Miss) wa Nigeria, Chidimma Adetshina, yavuze ko atewe ishema no kuba yabaye uwa kabiri mu irushanwa rya Miss Universe, ndetse akagirwa Miss Afurika na Oceania. Nyuma gato yo gutsindwa na Miss Denmark, Victoria Kjær Theilvig, wegukanye...

Squid Game 2 iraje: ’Nakutse amenyo 9 mu gutunganya iya mbere’ - uwayihanze

Ubwo nabazaga uwahanze unayobora filimi y’uruhererekane yakunzwe cyane ku isi ya Squid Game ibivugwa ko yagize umujagararo (stress) mu gutunganya igice cya mbere ku buryo yakutse amenyo atandatu, yahise ankosora vuba vuba, ati; “Ni umunani cyangwa...

Miss Rwanda yakatiwe gufungwa amezi atatu asubitse

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro mu mujyi wa Kigali rwahamije Miss Rwanda uriho ubu ibyaha byo gutwara imodoka yasinze no gutwara imodoka nta ruhushya afite, rumuhanisha igifungo gisubitse cy’amezi atatu n’amande y’amafaranga 190,000. Divine Muheto...

Miss Rwanda Divine Muheto yasabiwe gufungwa hafi imyaka ibiri

Ubushinjacyaha mu Rwanda bwasabiye Nyampinga w’u Rwanda Divine Muheto gufungwa umwaka umwe n’amezi umunani ku byaha byo gutwara imodoka yanyoye ibisindisha birengeje igipimo, kugonga ibikorwa remezo no guhunga aho yabikoreye. Muheto w’imyaka 21...

Miss Rwanda yafunzwe aregwa ‘gutwara imodoka yasinze, akagonga’

Polisi yatangaje ko yafunze umukobwa ufite ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda imushinja ibyaha birimo “gutwara ikinyabiziga yanyoye ibisindisha birengeje igipimo”, “kugonga no kwangiza ibikorwa remezo” no guhunga nyuma y’ibyo. Mu itangazo, Polisi ivuga...

Liam Payne: Icyamamare mu itsinda One Direction yahanutse mu igorofa ya hoteli...

Icyamamare Liam Payne, wahoze mu itsinda One Direction, yapfuye ku myaka 31 ari muri Argentina nyuma yo guhanuka mu igorofa ya gatatu ya hoteli mu mujyi wa Buenos Aires, nk’uko polisi ibivuga. Mu itangazo, polisi yavuze ko yabonye umurambo wa...

Abahanzi batanze ’show’ i Gahanga mu kwamamaza Kagame (AMAFOTO)

Bamwe mu bakunzi, abayobozi ba Rayon Sports bifatanyije n’abaturage b’Umujyi wa Kigali by’umwihariko Akarere ka Kicukiro kwamamaza umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe ku wa Mbere. Uyu munsi wari umunsi...

Umuhanzi Sean Kingston na nyina batawe muri yombi

Umuririmbyi Sean Kingston yatawe muri yombi muri leta ya California muri Amerika, nyuma y’amasaha polisi igiye gusaka inzu ye iri muri leta ya Florida, aho basanze nyina na we agafungwa. Muri Gashyantare(2) Kingston yashinjwe na kompanyi...

UBUZIMA

AMAKURU YO MU RWANDA

AMAKURU YO MU MAHANGA

Putin yari he ubwo impanuka yishe Yevgev Prigozhin yabaga?

Ubwo hasohokaga inkuru z’impanuka y’indege bitekerezwa ko yishe umukuru w’umutwe w’abasirikare b’abacanshuro wa Wagner Yevgeny Prigozhin, Perezida w’Uburusiya yagezaga ijambo ku bitabiriye ibirori byizihizaga imyaka 80 Uburusiya bumaze butsinze...

Trump azitaba urukiko ku birego by’inyandiko z’ibanga

Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika yarezwe ibyaha bijyanye n’uko yafashe inyandiko z’ibanga rya leta nyuma yo kuva muri Maison Blanche/White House. Trump w’imyaka 76, araregwa ibyaha birindwi birimo gufatira inyandiko z’ibanga, nk’uko...

Intambara n’Amerika yaba ’ibyago bitihanganirwa’ – Minisitiri w’ingabo...

Minisitiri w’ingabo w’Ubushinwa yavuze ko intambara n’Amerika yaba "ibyago bitihanganirwa" ku isi, mu ijambo rye rya mbere rikomeye avuze kuva yagera kuri uyu mwanya. Mu nama ku mutekano, Jenerali Li Shangfu yavuze ko "ibihugu bimwe" birimo gukaza...

’Mayor’ wa Moscow avuga ko igitero cya drone cyangije inyubako

Uburusiya bwashinje Ukraine kugaba urukurikirane rw’ibitero by’indege nto zitarimo umupilote (drone) ku murwa mukuru Moscow mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri. Ni ubwa mbere uwo mujyi wibasiwe na drone nyinshi kuva Uburusiya bwagaba igitero...

Umuyobozi yategetse ko bakamya ikidamu cyose ngo bakuremo telefoni yatayemo...

Umuyobozi mu gihugu cy’Ubuhinde yirukanwe ku kazi nyuma yo gutegeka ko bakamya ikidamu cyose ngo bakuremo telefoni ye yari yaguyemo. Byafashe iminsi itatu kudaha imiliyoni za litiro z’amazi muri iki kidamu, nyuma y’aho uyu mugabo witwa Rajesh...

Amerika igiye gutangaza ibihano bishya ku Burusiya mu nama ya G7

Amerika yizeye ko ibihano byayo bishya ku Burusiya – byitezwe gutangarizwa i Hiroshima mu Buyapani mu nama y’itsinda rya G7 ry’ibihugu bikize cyane ku isi – bituma ibindi bihugu byo muri G7 na byo byongera ibihano byabyo. Amerika ivuga ko ingamba...

IKORANABUHANGA

AMASHUSHO AKUNZWE

UMURIMO

Impamvu nyakuri utazamurwa mu ntera mu kazi

Ufite ubumenyi n’ubuhanga bwose ndetse akazi kawe ugakora neza. Ariko hari uburyo iyo batoranya abajya mu myanya yisumbuye kandi y’ubuyobozi bufata ibyemezo izina ryawe risa n’iryibagirana. Impamvu ishobora kuba itera ibi ni uko hari ikintu cya...

Read all News

Hari ubwo byagukura ku mugati: Amagambo udakwiye na rimwe kubwira umukoresha wawe

Mu kazi no mu mirimo itandukanye, twese uko tungana tuba twifuza kumerana neza n’umukoresha wacu no kumvikana na we. Kugira ngo ibi ubigereho, kugira umurongo ufunguye wo kuganira kandi dukoresha ukuri ni ikintu cya ngombwa cyane. Nyamara muri...

Mbere yo gusezera ku kazi, dore ibintu ukwiye kubanza gutekerezaho

Bitewe n’uko ikiremwamuntu gikunda kandi iterambere cyagezeho mu mateka kuva mu binyejana bishize ryagiye riva ku mpinduka, benshi mu bakora imirimo runaka usanga kenshi bafite ibitekerezo n’imigambi yo kureka kuyikora bakajya gukora itandukanye...

Kuki abakozi badashobora na rimwe kunyurwa ngo bahazwe n’imishahara yabo?

N’igihe ibyo umuntu ahemberwa gukora nk’akazi cyangwa umushahara byiyongereye ukaba wanikuba kabiri, ubanza biri muri kamere muntu gushaka gukomeza ibirenzeho kandi ko byakwiyongera, n’ejo akongera akifuza ko byiyongera. Mu mwaka ushize, Samantha...

École Francophone de Kayove ishuri ryaje nk’igisubizo ku ireme ry’uburezi mu Karere ka Rutsiro

“Niba ufite umugambi w’umwaka umwe, uzahinge umuceri, umugambi wawe niba ari uw’imyaka itanu, uzatere ibiti nyamara nuramuka ufite umugambi wumva ari uw’imyaka 100, uzigishe abana ubahe uburezi.” Ni amagambo ya Confiscus, Umushinwa w’icyatwa muri...

Nkurangire abasore n’inkumi bazagufasha serivisi na porotokole mu birori mu buryo utazibagirwa iteka

Niba warigeze gutegura ibirori nk’ubukwe cyangwa ibindi nk’igitaramo, urabizi uburyo bigora kumenya uko wakira ababyitabira bagataha banyuzwe na serivisi igomba buri wese mu cyubahiro akwiye mu buryo bukozwe kinyamwuga. Ni byo waba ufite...

Jack Ma ’agiye kwigisha muri Kaminuza y’imiyoborere iri mu Rwanda’

African Leadership University (ALU) yatangaje ko umuherwe Jack Ma washinze ikigo cy’ubucuruzi Alibaba Group yagizwe umwalimu w’umushyitsi kuri iyi kaminuza ikorera i Kigali. Urubuga rw’iyi kaminuza rusubiramo uwayishinze, Dr Fred Swaniker, avuga...