INKURU ZIHERUKA

Icyo wakora ngo ucike ku ngeso yo gufuha bikabije

Wigeze utekereza ko umukunzi wawe akubeshye igihe wamubazaga aho agiye? Cyangwa byakubayeho ko wangiza umugoroba w’ibyishimo ushinja umukunzi wawe ikintu uzi neza ko atanakoze? Niba byarakubayeho, si wowe wenyine, ahubwo urakaza neza mu isi...

Cholera i Bujumbura: Abaturage babujijwe guhana amaboko mu kuramukanya

Intara ya Bujumbura, umurwa mukuru w’ubukungu w’u Burundi, yatangaje ko ihanganye n’indwara ya Korera ifata n’ingamba zirimo kubuza abantu kuramukanya bahana amaboko na buri rugo kugira umusarane wujuje amategeko. Mu kwezi gushize ikigo Médecins...

Rayon Sports yanganyije na Gasogi United (AMAFOTO 100)

Kuri iki Cyumweru, ikipe ya Rayon Sports yanganyirije na Gasogi United ibitego 2-2 kuri Kigali Pele Stadium mu mukino w’umunsi wa gatatu wa shampiyona, yuzuza imikino ine yikurikiranya idatsinda mu marushanwa yose. Ni umukino watangiye Rayon...

Potasiyumu ni iki kandi kuki uyikeneye ?

Kugira ngo umubiri wacu ukore neza ukenera imyunyu ngugu inyuranye nka calcium, sodium, potassium, magnesium, zinc n’indi. Reka tuvuge ku munyu ngugu wa potasiyumu (potassium), turebe akamaro kawo, amafunguro ubonekamo, ingano umuntu akenera...

CAF Champions League:APR FC yatsinzwe na Pyramids mu mukino ubanza

Kuri uyu wa 1 Ukwakira 2025, kuri Kigali Pele Stadium, ikipe ya APR FC yatsindiwe na Pyramids FC 2-0 mu mukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League. Mbere yo gutangira kw’uyu mukino, ikipe ya APR FC yari yagerageje gushishikariza...

Mukura VS yatsinze Nkombo FC mu wa gishuti (AMAFOTO)

Kuri uyu wa Kabiri ikipe ya Mukura VS yatsinze Nkombo FC yo mu cyiciro cya kabiri ibitego 2-1 mu mukino wa gishuti wabereye kuri Stade Kamena. Ni umukino watangiye ku isaha ya saa sita z’amanywa. Mukura VS yabanjemo ikipe ya kabiri ikina igice...

Tadej Pogačar yegukanye Shampiyona y’Isi y’Amagare 2025 yaberaga mu...

Umunya-Slovenia Tadej Pogačar yabaye uwa mbere ku isi mu gusiganwa intera ndende mu bagabo muri shampiyona y’isi y’amagare irangiye kuri iki cyumweru nyuma y’iminsi umunani ibera i Kigali mu Rwanda. Abasiganwa barenga 160 bo mu bihugu birenga 50 ni...

Tony Blair mu biganiro ku kuyobora ubutegetsi bw’inzibacyuho bwa...

BBC yumva ko Sir Tony Blair wahoze ari Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza ari mu biganiro ku kuyobora ubutegetsi bw’inzibacyuho bwa Gaza nyuma y’intambara. Icyo cyifuzo, kivugwa ko gishyigikiwe n’ibiro bya Perezida w’Amerika (White House), cyatuma...

Ibimenyetso byakwereka ko wugarijwe n’indwara yo kwigunga bikabije

Depression cyangwa indwara yo kwigunga bikabije ni indwara abantu benshi bakunda kwirengagiza cg se uyirwaye bakumva ko ari indwara idasaba kugana abaganga, ubwe wenyine ashobora kuyirwanya. Nyamara sibyo kuko kwigunga bikabije nayo ni indwara...

Ubwonko butozwa bute ?

Mperutse kuba ndi kumwe n’inshuti yanjye turi kuganira. Mu biganiro byinshi twagiranye icyo gihe naje kugera aho mubaza nti “Ese wita ku bwonko bwawe gute?” Yaranyitegereje maze mbona abaye nk’uguye mu kantu, yitsa umutima gake maze arambaza ati:...

IMIKINO

IMYIDAGADURO

Gatanya ya Jose Chameleone n’umugore we Daniella - Urubanza rurimo kugarukwaho...

Urukiko i Kampala muri Uganda rwimuriye mu kwezi gutaha kwa Nzeri urubanza rwa gatanya hagati y’umuhanzi w’icyamamare Jose Chameleone n’umugore we Daniella Atim kubera ibyo bombi batarimo kumvikanaho mu biburanwa. Iyi ni imwe mu nkuru irimo...

Kenny Sol yataramiye umuryango wa Muzungu umaze imyaka 12 urushinze, yiyemeza...

Umuhanzi Rusanganwa Norbert wamamaye nka Kenny Sol yataramiye umuryango wa Muzungu wizihizaga imyaka 12 urushinze, yiyemeza kuzakomeza gutera ikirenge mu cyabo kuko abafataho urugero. Ni ibirori yanaririmbanyemo na Calvin Mbanda banafitanye...

Ibitaramo bya Senderi wizihiza imyaka 20 mu muziki bikomeje guhindurira bamwe...

Umuhanzi Eric Senderi International Hit akomeje gukora ibitaramo mu turere 13 tw’u Rwanda, mu rwego rwo kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki nyarwanda, ibitaramo birimo guhindura ubuzima bwa bamwe harimo abari kwishyurirwa ishuri umwaka wose. Ni...

Harimo Mo Salah, Burna Boy na Dangote: Munyakazi Sadate, Clare Akamazi na Bruce...

Abanyarwanda, Munyakazi Sadate, Clare Akamanzi na Bruce Melodie bari ku rutonde rw’abantu 100 batumiwe mu nama y’abayobozi bakomeye, abashoramari n’impuguke mu by’ubukungu muri Afurika yiswe “100 Most Notable Africans Leadership and Business Summit”,...

Aba ’Influencers’ bo ku mbuga nkoranyambaga basuye urwibutso rwa Jenoside...

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Mata 2025, abasore n’inkumi bavuga rikumvikana ku mbuga nkoranyambaga (’Young Influencers’) basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Bisesero basobanurirwa ubutwari bwaranze Abanya Bisesero mu gihe cya...

Korali Elayono yashyize hanze indirimbo ibwira abantu ’Umwami utanga...

Korali Elayono ibarizwa mu Itorero rya ADEPR muri Paruwasi ya Remera, umudugudu wa Remera yashyize hanze indirimbo nshya bise Umwami w’Amahoro. Ni indirimbo bashyize hanze mu gihe kitageze ku kwezi bari bamaze bashyize hanze iyitwa Gusenga...

’Ntewe ishema cyane nanjye ubwanjye’ – Nyampinga wa Nigeria wahinyuje abamwibasiye...

Nyampinga (Miss) wa Nigeria, Chidimma Adetshina, yavuze ko atewe ishema no kuba yabaye uwa kabiri mu irushanwa rya Miss Universe, ndetse akagirwa Miss Afurika na Oceania. Nyuma gato yo gutsindwa na Miss Denmark, Victoria Kjær Theilvig, wegukanye...

Squid Game 2 iraje: ’Nakutse amenyo 9 mu gutunganya iya mbere’ - uwayihanze

Ubwo nabazaga uwahanze unayobora filimi y’uruhererekane yakunzwe cyane ku isi ya Squid Game ibivugwa ko yagize umujagararo (stress) mu gutunganya igice cya mbere ku buryo yakutse amenyo atandatu, yahise ankosora vuba vuba, ati; “Ni umunani cyangwa...

Miss Rwanda yakatiwe gufungwa amezi atatu asubitse

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro mu mujyi wa Kigali rwahamije Miss Rwanda uriho ubu ibyaha byo gutwara imodoka yasinze no gutwara imodoka nta ruhushya afite, rumuhanisha igifungo gisubitse cy’amezi atatu n’amande y’amafaranga 190,000. Divine Muheto...

Miss Rwanda Divine Muheto yasabiwe gufungwa hafi imyaka ibiri

Ubushinjacyaha mu Rwanda bwasabiye Nyampinga w’u Rwanda Divine Muheto gufungwa umwaka umwe n’amezi umunani ku byaha byo gutwara imodoka yanyoye ibisindisha birengeje igipimo, kugonga ibikorwa remezo no guhunga aho yabikoreye. Muheto w’imyaka 21...

UBUZIMA

AMAKURU YO MU RWANDA

AMAKURU YO MU MAHANGA

Putin yari he ubwo impanuka yishe Yevgev Prigozhin yabaga?

Ubwo hasohokaga inkuru z’impanuka y’indege bitekerezwa ko yishe umukuru w’umutwe w’abasirikare b’abacanshuro wa Wagner Yevgeny Prigozhin, Perezida w’Uburusiya yagezaga ijambo ku bitabiriye ibirori byizihizaga imyaka 80 Uburusiya bumaze butsinze...

Trump azitaba urukiko ku birego by’inyandiko z’ibanga

Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika yarezwe ibyaha bijyanye n’uko yafashe inyandiko z’ibanga rya leta nyuma yo kuva muri Maison Blanche/White House. Trump w’imyaka 76, araregwa ibyaha birindwi birimo gufatira inyandiko z’ibanga, nk’uko...

Intambara n’Amerika yaba ’ibyago bitihanganirwa’ – Minisitiri w’ingabo...

Minisitiri w’ingabo w’Ubushinwa yavuze ko intambara n’Amerika yaba "ibyago bitihanganirwa" ku isi, mu ijambo rye rya mbere rikomeye avuze kuva yagera kuri uyu mwanya. Mu nama ku mutekano, Jenerali Li Shangfu yavuze ko "ibihugu bimwe" birimo gukaza...

’Mayor’ wa Moscow avuga ko igitero cya drone cyangije inyubako

Uburusiya bwashinje Ukraine kugaba urukurikirane rw’ibitero by’indege nto zitarimo umupilote (drone) ku murwa mukuru Moscow mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri. Ni ubwa mbere uwo mujyi wibasiwe na drone nyinshi kuva Uburusiya bwagaba igitero...

Umuyobozi yategetse ko bakamya ikidamu cyose ngo bakuremo telefoni yatayemo...

Umuyobozi mu gihugu cy’Ubuhinde yirukanwe ku kazi nyuma yo gutegeka ko bakamya ikidamu cyose ngo bakuremo telefoni ye yari yaguyemo. Byafashe iminsi itatu kudaha imiliyoni za litiro z’amazi muri iki kidamu, nyuma y’aho uyu mugabo witwa Rajesh...

Amerika igiye gutangaza ibihano bishya ku Burusiya mu nama ya G7

Amerika yizeye ko ibihano byayo bishya ku Burusiya – byitezwe gutangarizwa i Hiroshima mu Buyapani mu nama y’itsinda rya G7 ry’ibihugu bikize cyane ku isi – bituma ibindi bihugu byo muri G7 na byo byongera ibihano byabyo. Amerika ivuga ko ingamba...

IKORANABUHANGA

AMASHUSHO AKUNZWE

UMURIMO

Impamvu nyakuri utazamurwa mu ntera mu kazi

Ufite ubumenyi n’ubuhanga bwose ndetse akazi kawe ugakora neza. Ariko hari uburyo iyo batoranya abajya mu myanya yisumbuye kandi y’ubuyobozi bufata ibyemezo izina ryawe risa n’iryibagirana. Impamvu ishobora kuba itera ibi ni uko hari ikintu cya...

Read all News

Kuki abakozi badashobora na rimwe kunyurwa ngo bahazwe n’imishahara yabo?

N’igihe ibyo umuntu ahemberwa gukora nk’akazi cyangwa umushahara byiyongereye ukaba wanikuba kabiri, ubanza biri muri kamere muntu gushaka gukomeza ibirenzeho kandi ko byakwiyongera, n’ejo akongera akifuza ko byiyongera. Mu mwaka ushize, Samantha...

Hari ubwo byagukura ku mugati: Amagambo udakwiye na rimwe kubwira umukoresha wawe

Mu kazi no mu mirimo itandukanye, twese uko tungana tuba twifuza kumerana neza n’umukoresha wacu no kumvikana na we. Kugira ngo ibi ubigereho, kugira umurongo ufunguye wo kuganira kandi dukoresha ukuri ni ikintu cya ngombwa cyane. Nyamara muri...

Mbere yo gusezera ku kazi, dore ibintu ukwiye kubanza gutekerezaho

Bitewe n’uko ikiremwamuntu gikunda kandi iterambere cyagezeho mu mateka kuva mu binyejana bishize ryagiye riva ku mpinduka, benshi mu bakora imirimo runaka usanga kenshi bafite ibitekerezo n’imigambi yo kureka kuyikora bakajya gukora itandukanye...

École Francophone de Kayove ishuri ryaje nk’igisubizo ku ireme ry’uburezi mu Karere ka Rutsiro

“Niba ufite umugambi w’umwaka umwe, uzahinge umuceri, umugambi wawe niba ari uw’imyaka itanu, uzatere ibiti nyamara nuramuka ufite umugambi wumva ari uw’imyaka 100, uzigishe abana ubahe uburezi.” Ni amagambo ya Confiscus, Umushinwa w’icyatwa muri...

Nkurangire abasore n’inkumi bazagufasha serivisi na porotokole mu birori mu buryo utazibagirwa iteka

Niba warigeze gutegura ibirori nk’ubukwe cyangwa ibindi nk’igitaramo, urabizi uburyo bigora kumenya uko wakira ababyitabira bagataha banyuzwe na serivisi igomba buri wese mu cyubahiro akwiye mu buryo bukozwe kinyamwuga. Ni byo waba ufite...

Jack Ma ’agiye kwigisha muri Kaminuza y’imiyoborere iri mu Rwanda’

African Leadership University (ALU) yatangaje ko umuherwe Jack Ma washinze ikigo cy’ubucuruzi Alibaba Group yagizwe umwalimu w’umushyitsi kuri iyi kaminuza ikorera i Kigali. Urubuga rw’iyi kaminuza rusubiramo uwayishinze, Dr Fred Swaniker, avuga...