Abiyandikishije ku bizamini byo gutwara ibinyabiziga batangiye gukora ku bwinshi
13 / 06 / 2023 - 09:46Kuri uyu wa mbere tariki 12 Kamena, Polisi y’u Rwanda yatangije impinduka mu gukoresha ibizamini byo gutwara ibinyabiziga kuri site zose zo mu gihugu, hakoreshwa umubare munini w’abiyandikishije.
Abari barahawe amatariki ya kure yo gukoreraho...