RUTSIRO: Yafatiwe mu cyuho akwirakwiza amafaranga y’amiganano
10 / 04 / 2023 - 09:52Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Rutsiro, yafashe umusore w’imyaka 22, ucyekwaho gukora no gukwirakwiza amafaranga y’amiganano.
Ni nyuma yo gufatanwa amafaranga y’u Rwanda y’amiganano ibihumbi mirongo itatu...