Nubona ibi bimenyetso uzamenye ko amavi yawe afite ibibazo

Ni kenshi uzabona umuntu ajya nko kwicara ukabona arigengesera cyangwa se ukumva mu mavi ye hari gukocokamo utuntu. Ububabre bwo mu mavi bushobora gukomera ndetse ugasanga amavi yabyimbye bikaba byanatuma kugenda bidakunda. Uku kubabara mu mavi bishobora guterwa n’impamvu nyinshi kandi bishobora kwibasira ingeri nyinshi z’abantu,yaba abagore,abagabo,abakuru cyangwa abato,gusa iyo bigeze mu bageze mu zabukuru ho zibigirizaho nkana.

Muri iyi nkurur tugiye kureba ibishobora gutera kubabara mu mavi ndetse n’uko wakira ugatandukana nabyo.

Zimwe mu mpamvu zitera ububabare bwo mu mavi

Ni byinshi bishobora gutera umuntu kubabara mu mavi,ariko reka turebe bimwe muri byo:

• Kwangirika kw’ibice bigize amavi (injuries),wenda nk’igihe umuntu akoze impanuka, uduce dutandukanye tugize ivi dushobora kwangirika bityo bigatuma umuntu ababara mu mavi.

• Hari indwara zifata mu ngingo,nka za rubagimpande,gute,n’izindi.Cyane cyane indwara zikunda gufata abageze mu za bukuru,izo zangiza ibice bitandukanye bigize ivi,kuburyo ivi ritangira kukubabaza.

• Hari n’udukoko dushobora kwangiza ivi ibyo bigatuma nk’amavi abyimba,amazi aba mu mavi agashiramo,ugasanga urabara cyane.

• Kugabanyuka kw’amazi aba hagati y’amagufa yo mu ivi, bigatuma ugira ububabare kuko amagufa yo mu ivi akubaho.

Nubona ibi bimenyetso uzamenye ko amavi yawe afite ibibazo

 Kubyimba
 Iyo uhina wumva mu mavi hakocokamo utuntu
 Kumva mu mavi haka umuriro
 Amavi atangira gutukura ndetse wakoraho ukababara
 Kubabara iyo uhina cyangwa urambura ivi
 Gucika intege mu kuguru
 Kunanirwa kugenda ukaba wagenda ucumbagira,n’ibindi……

Niba uri umwe muri aba bakurikira,ufite ibyago byinshi byo kurwara amavi

 Ubyibushye cyane
 Ufite ubumuga bw’ingingo cyane cyane ubw’amaguru,nk’abantu bafite amaguru atareshya
 Ubadakora imyitozo ngororamubiri.
 Niba warigeze kugira ibibazo mu mavi
 Ugeze mu za bukuru.
 Niba udakora imyitozo ngororamubire cyangwa se uyikora birenze urugero

Igisubizo ku bantu bafite iki kibazo cyo kubabara mu mavi

Ni kenshi uzasanga umutu arwaye indwara zo mu mavi, yarivuje bikanga cg se imiti ikamugiraho ingaruka zitandukanye, niba byaranze burundu, igisubizo ni Imiti ndetse n’inyunganiramirire bikoze mu bimera,muri yo twavugamo nka:

• Joint health Capsules
• Calcium Tablets
• Deep sea fish oil Capsules ……
• Compound marrow Powder

Izi produits zisana mu mavi kuko zigaburira amavi bikavura amavi yatangiye kwangirika ndetse zifasha amagufa gukomera, ibi rero bituma bwa buribwe bwo mu mavi bugenda bushira, bityo ugakira.

Irizewe

Iyi miti gakondo ndetse n’inyunganiramirire ikoreshwa ku ruhando mpuzamahanga kuko ibifitiye ibyangombwa bitangwa n’ibigo bikomeye ku isi nka FDA (Food and drug administration), iki ni ikigo gikomeye cyo uri Amerika gitanga ubuziranenge bw’imiti ndetse n’ibiribwa.

Twabibutsa ko iyi miti ndetse n’inunganirmirire, nta ngaruka bigira ku muntu wabikoresheje.

Uramutse ubufasha,wagana aho HORAHO Life ikorera mu mugi wa Kigali,mu nyubako yo kwa RUBANGURA, muri etaji ya 3 mu muryango wa 302 na 301. Aha uhasanga inzobere mu buzima ndetse no mu mirire zigufasha.Ushobora no kubahamagara kuri numero 0788698813/ 0785031649 ku bindi bisobanuro.

Pt Jean Denys

IZINDI NKURU
Ibitekerezo(1)
  • ######

    Abo muntara twabona product zanyu ute?

    - 13/11/2019 - 14:25
Tanga Igitekerezo