Kwikinisha: Ingaruka zabyo ndetse n’inama zigirwa uwabaswe nabyo

Kwikinisha cyangwa se ibyo bita mu ndimi z’amahanga “Masturbation”. Ni igikorwa gikorwa hagamijwe ko umuntu yishimisha ku giti cye bitabaye ngombwa ko abonana na mugenzi we. Iki ni igikorwa gikorwa cyane cyane mu rubyiruko rw’iki gihe, gusa hari n’abubatse ingo byabayeho karande kuburyo nabo babikora.

Nubwo mu Rwanda, nta bushakashatsi bwimbitse burakorwa; gusa naho kwikinisha biri hejuru cyane ugendeye ku mbuga zerekana filime z’urukozasoni uburyo zisurwa.Muri iyi nkuru tugiye kureba ibyo abahanga mu by’ubuzima bw’umuntu bagaragaza nk’ingaruka mbi zo kwikinisha.

Kwikinisha ni iki ?

Kwikinisha cyagwa “Masturbation” ni igikorwa cyo gukinisha igitsina gikorwa umuntu agamije kugera ku byishimo bye byanyuma, bikaba bikunze kubaho umuntu ari wenyine,bishobora kuba ku gitsina gore cyangwa igitsina gabo. Bakomeza kandi bavugako umubare mwinshi w’abantu bikinisha bakunda kubikora buri munsi, mu gihe abandi babikora byibuze rimwe cyangwa kabiri mu kwezi.

Ubushakashatsi bwagaraje ko abantu bikinisha cyane ari bari mu kigero cy’ubugimbi; kuva ku myaka 14-21. Abahungu bakinisha ku kigero cya 52% naho abakobwa 48%.

Ingaruka mbi zo kwikinisha

Nkuko tubikesha abahanga mu by’ubuzima, kwikinisha bigira ingaruka nyinshi ku mikorere y’umubiri yaba ku mugabo ndetse no ku mugore, muri zo twavugamo nka:

 Ku bahungu bituma igitsina kigorama bitewe n’ukuboko bakoresha bikinisha.
 Kuba bazinukwa abo badahuje igitsina kuko baba bumva bihagije.
 Kurangiza vuba mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.
 Ku bahungu, hari igihe bageraho,bajya kunyara n’amasohoro akaza.
 Ku bakobwa cyangwa abagore,byangiza rugongo kuburyo udashobora kurangiza,keretse bikinishije.
 Guhorana umunabi no kwiheba.
 Ku bagabo byangiza intanga ngabo,zikaba zaba ibihuhwa cyangwa ntizikorwe neza.
 Bishobora kwangiza ubwonko,ugasanga umuntu arasusumira ndetse n’ingingo ntizikomere.
 Bishobora gutuma umutima utera nabi.
 Byangiza udutsi two mu bwonko,ukaba waba umuntu uhubuka,utazi gufata ibyemezo.
 Bishobora gutera ubugumba ku bagabo.
 Bitera gusaza imburagihe.
 Bitera kubabara umugongo.
 Guhorana umunaniro ukabije,….

Inama zigirwa abantu babaswe no kwikinisha

• Mbere na mbere banza wumve ko kwikinisha ari bibi kandi wiyemeje kubireka.
• Irinde kuba uri wenyine igihe kinini.
• Reka kureba filimi za porono ndetse n’amafoto y’abakobwa bambaye ubusa.
• Gerageza gushaka ikintu uhugiraho nko gukora siporo,guhimba indirimbo,gushushanya,….
• Irinde kurara wenyine kuko iyo ubitekerejeho urikumwe n’umuntu utinya kubikora
• Mbere yo kuryama,reba ibintu ukora kuburyo unanirwa ugahita usinzira.
• Gerageza gushaka inshuti z’abo mudahuje igitsina,ibi biragufasha cyane.
• Jya urya imbuto n’imboga zitandukanye kuko bituma umubiri ugira imbaraga,bigatuma uhangana n’ingaruka zo kwikinisha.
• Gisha inama umuntu wizeye ntacyo umuhishe,kuko iyo ushaka gukira indwara urayirata.

Hari ubufasha ku bantu bagizweho ingaruka n’iki kibazo ndetse n’abashaka kubireka
Hari benshi bagizweho ingaruka twabonye haruguru n’iyi ngeso, ndetse hari na benshi baba bifuza kubireka ariko bikaba byaranze.

Mu kumenya ubufasha buhabwa aba bantu, twegereye HORAHO LIFE batubwira uko bafasha aba bantu bati " Abantu bafite iki kibazo turabaganiriza, tukamenya impamvu bakora ibi bintu ndetse tukabagira inama, nyuma yabyo iyo hari ingaruka byabagizeho, turabafasha kugira ngo umubiri wabo wongere ukore neza tubaha imiti ndetse n’inyunganiramirire ikoze mu bimera kandi itagira ingaruka ku buzima bwabo. Iyi miti ndetse n’inyunganiramirire ifasha kongera kubaka umubiri wabo ukongera gukora neza. Ibi birizewe ku rwego mpuzamahanga kuko bifite ubuziranenge butangwa n’ibigo bikomeye ku isi nka FDA (Food and Drug Admnistration)"

Uramutse ukeneye iyi miti ndetse n’inyunganiramirire wagana aho HORAHO Life ikorera mu mugi wa Kigali,mu nyubako yo kwa RUBANGURA, muri etaji ya 3 mu muryango wa 302 na 301.Ushobora no kubahamagara kuri numero 0788698813 cg 0785031649 ku bindi bisobanuro.

PT Jean Denys

IZINDI NKURU
Ibitekerezo(2)
  • HAGENIMANA

    ese konikishishe nari nazana umugore nkaba nkora ituru imwe nkarangiza iyakabiri kanga kweguka mungire inama

    - 14/07/2019 - 23:48
  • arakaza

    sinzi nuko nobakengu rukira nanje ndabikora nkipfuzakubireka ariko binka murang rinamirenze iman ibahezagire peee ndumurundi

    - 11/05/2023 - 13:34
Tanga Igitekerezo