Uko byagenze ngo inkingo za mbere muri Africa za BioNTech zijye gukorerwa mu Rwanda
19 / 12 / 2023 - 10:19“Twisanze dukomanga kuri buri muryango dushaka doze [z’inkingo]…Byari ibintu bitakwihanganirwa, Umuryango w’Ubumwe bwa Africa wiyemeza gushyira hamwe no kwiyemeza ko ibi bitazongera kutubaho.
“Ni uko u Rwanda, Senegal, Afurika y’Epfo, na Ghana...