INKURU ZIHERUKA

Heroes Cup:Rep Guard yatsinze Gabiro mu mukino wa mbere batashyeho Stade yabo...

Ikipe y’abarinda umutekano wa Perezida Kagame n’abandi bayobozi bakuru b’igihugu (Republican Guard Rwanda ) yatsinze CTC Gabiro 3-1 mu mukino wa mbere wo mu itsinda mu gikombe cy’Intwari, unaba umukino wa mbere bakiriye kuri Stade yabo nshya. Ni...

Baby Shark: Uko indirimbo y’abana yakunzwe cyane ku isi yabaye isoko y’ubucuruzi...

Muri Kamena (6) mu 2016, ubwo Kim Min-seok yemeraga ko hashyirwa hanze amashusho y’indirimbo y’abana y’amasegonda 90, ntiyari azi igikorwa gikomeye atangije ariko kandi ntiyari anazi ikizavamo. Iyo ndirimbo yitwa "Baby Shark" imaze kuba...

Perezida wa Rayon Sports yashimiye Rayon Twifuza yasuye Mugemana Charles muri...

Umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée yashimiye fan club Rayon Twifuza yasuye mu bitaro umuganga wa Rayon Sports Mugemana Charles umaze amezi agera kuri atatu arwariye mu bitaro bya CHUK. Ni igikorwa bakoze kuri iki cyumweru...

Inteko rusange idasanzwe ya Rayon Sports yasubitswe

Inteko rusange idasanzwe ya Rayon Sports yari iteganyijwe tariki 22 Ugushyingo 2025 yamaze gusubikwa nkuko bikubiye mu itangazo ryasinywe na Paul Muvunyi wari wayitumije. Ibi bikubiye mu itangazo yandikiye abanyamuryango abamenyesha ko...

Gabon: Sylvia Bongo n’umuhungu we Noureddin bakatiwe gufungwa imyaka 20 mu...

Uwahoze ari umugore wa Perezida wa Gabon, Sylvia Bongo n’umuhungu we Noureddin Bongo Valentin, bahamijwe ibyaha bya ruswa, ubujura no kunyereza umutungo wa Leta, maze bahanishwa gufungwa imyaka 20 n’ihazabu ya miliyoni 100 z’ama CFA (asaga...

Umugore w’icyamamare kuri TikTok yasabye imbabazi nyuma yo kubeshya ko arwaye...

Brittany Miller, wamamaye kuri TikTok akaba akomoka muri Oxfordshire mu Bwongereza, yasabye imbabazi nyuma yo kwemeza ko yabeshye abantu ko arwaye kanseri. Uyu mugore w’imyaka 29, uzwi cyane kubera videwo ze zigaragaza ibyerekeye ibiryo...

Izi ni impamvu zitera abagore n’abakobwa guhisha abakunzi babo ku mbuga...

Abakurikira Tawana Musvaburi kuri Instagram barenga 33,000 bibwira ko bazi byinshi ku buzima bwe ariko benshi ntibazi uko umukunzi we asa. Hari ibimenyetso bito bigaragaza ko afite umukunzi, nko kubona ifoto igaragaza igice cy’inyuma cy’umutwe...

Akamaro gakomeye ka Tangawizi ku buzima bwawe

Tangawizi, izwi kandi ku izina rya ginger, ni igihingwa cyakoreshejwe kuva kera mu buvuzi bw’umwimerere — haba mu bihugu byo muri Aziya, Afurika, ndetse n’i Burayi. Si isosi gusa yo kongera uburyohe mu biryo cyangwa mu cyayi; ni umuti kamere ufite...

Ibintu 10 byagufasha kureka kubatwa n’imbuga nkoranyambaga

Mu gihe isi yose ikomeje kwihuta mu ikoranabuhanga, imbuga nkoranyambaga zabaye nk’ikiribwa cya buri munsi. Waba uri mu kazi, mu ishuri, cyangwa uri mu rugo, telefoni iba iriho — “scrolling”, “likes”, “comments”… ariko se byagenze bite ngo dutangire...

ARYOHA asubiwemo:AMAFOTO 300 utabonye APR FC itsinda Rayon Sports...

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 8 Ugushyingo 2025, APR FC yatsinze Rayon Sports3-0 mu mukino w’umunsi wa karindwi wa shampiyona y’icyiciro cya mbere Rwanda 2025-2026 wabereye kuri Stade Amahoro . Ni umukino watangiye abakinnyi b’ikipe ya Rayon Sports...

IMIKINO

IMYIDAGADURO

Impamvu 10 zituma Kigufi Hill Agape Resort ari paradizo y’abashakanye ku...

Ku musozi uhatse amazi asukuye y’ikiyaga cya Kivu, hagati y’uburanga bw’ibimera n’amahoro y’ikirere cya Rubavu, Kigufi Hill Agape Resort ni ahantu heza ku kiruhuko cy’abashakanye bashaka kongera gusabana, kuruhuka, no kwiyibutsa ibyiza by’urukundo....

5IVE Alive Tour: Hanzitse ibikorwa byinjiza abantu mu mpumeko y’igitaramo cya...

SKOL Malt ku bufatanye na Intore Entertainment, batangije ku mugaragaro urukurikirane rw’ibikorwa by’imyidagaduro mu cyiswe “Davido’s Ahanad Countdown” bitegurira abantu kwinjira mu mpumeko y’igitaramo gikomeye cya “Davido’s 5ive Tour”, giteganyijwe...

Gatanya ya Jose Chameleone n’umugore we Daniella - Urubanza rurimo kugarukwaho...

Urukiko i Kampala muri Uganda rwimuriye mu kwezi gutaha kwa Nzeri urubanza rwa gatanya hagati y’umuhanzi w’icyamamare Jose Chameleone n’umugore we Daniella Atim kubera ibyo bombi batarimo kumvikanaho mu biburanwa. Iyi ni imwe mu nkuru irimo...

Kenny Sol yataramiye umuryango wa Muzungu umaze imyaka 12 urushinze, yiyemeza...

Umuhanzi Rusanganwa Norbert wamamaye nka Kenny Sol yataramiye umuryango wa Muzungu wizihizaga imyaka 12 urushinze, yiyemeza kuzakomeza gutera ikirenge mu cyabo kuko abafataho urugero. Ni ibirori yanaririmbanyemo na Calvin Mbanda banafitanye...

Ibitaramo bya Senderi wizihiza imyaka 20 mu muziki bikomeje guhindurira bamwe...

Umuhanzi Eric Senderi International Hit akomeje gukora ibitaramo mu turere 13 tw’u Rwanda, mu rwego rwo kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki nyarwanda, ibitaramo birimo guhindura ubuzima bwa bamwe harimo abari kwishyurirwa ishuri umwaka wose. Ni...

Harimo Mo Salah, Burna Boy na Dangote: Munyakazi Sadate, Clare Akamazi na Bruce...

Abanyarwanda, Munyakazi Sadate, Clare Akamanzi na Bruce Melodie bari ku rutonde rw’abantu 100 batumiwe mu nama y’abayobozi bakomeye, abashoramari n’impuguke mu by’ubukungu muri Afurika yiswe “100 Most Notable Africans Leadership and Business Summit”,...

Aba ’Influencers’ bo ku mbuga nkoranyambaga basuye urwibutso rwa Jenoside...

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Mata 2025, abasore n’inkumi bavuga rikumvikana ku mbuga nkoranyambaga (’Young Influencers’) basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Bisesero basobanurirwa ubutwari bwaranze Abanya Bisesero mu gihe cya...

Korali Elayono yashyize hanze indirimbo ibwira abantu ’Umwami utanga...

Korali Elayono ibarizwa mu Itorero rya ADEPR muri Paruwasi ya Remera, umudugudu wa Remera yashyize hanze indirimbo nshya bise Umwami w’Amahoro. Ni indirimbo bashyize hanze mu gihe kitageze ku kwezi bari bamaze bashyize hanze iyitwa Gusenga...

’Ntewe ishema cyane nanjye ubwanjye’ – Nyampinga wa Nigeria wahinyuje abamwibasiye...

Nyampinga (Miss) wa Nigeria, Chidimma Adetshina, yavuze ko atewe ishema no kuba yabaye uwa kabiri mu irushanwa rya Miss Universe, ndetse akagirwa Miss Afurika na Oceania. Nyuma gato yo gutsindwa na Miss Denmark, Victoria Kjær Theilvig, wegukanye...

Squid Game 2 iraje: ’Nakutse amenyo 9 mu gutunganya iya mbere’ - uwayihanze

Ubwo nabazaga uwahanze unayobora filimi y’uruhererekane yakunzwe cyane ku isi ya Squid Game ibivugwa ko yagize umujagararo (stress) mu gutunganya igice cya mbere ku buryo yakutse amenyo atandatu, yahise ankosora vuba vuba, ati; “Ni umunani cyangwa...

UBUZIMA

AMAKURU YO MU RWANDA

AMAKURU YO MU MAHANGA

Putin yari he ubwo impanuka yishe Yevgev Prigozhin yabaga?

Ubwo hasohokaga inkuru z’impanuka y’indege bitekerezwa ko yishe umukuru w’umutwe w’abasirikare b’abacanshuro wa Wagner Yevgeny Prigozhin, Perezida w’Uburusiya yagezaga ijambo ku bitabiriye ibirori byizihizaga imyaka 80 Uburusiya bumaze butsinze...

Trump azitaba urukiko ku birego by’inyandiko z’ibanga

Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika yarezwe ibyaha bijyanye n’uko yafashe inyandiko z’ibanga rya leta nyuma yo kuva muri Maison Blanche/White House. Trump w’imyaka 76, araregwa ibyaha birindwi birimo gufatira inyandiko z’ibanga, nk’uko...

Intambara n’Amerika yaba ’ibyago bitihanganirwa’ – Minisitiri w’ingabo...

Minisitiri w’ingabo w’Ubushinwa yavuze ko intambara n’Amerika yaba "ibyago bitihanganirwa" ku isi, mu ijambo rye rya mbere rikomeye avuze kuva yagera kuri uyu mwanya. Mu nama ku mutekano, Jenerali Li Shangfu yavuze ko "ibihugu bimwe" birimo gukaza...

’Mayor’ wa Moscow avuga ko igitero cya drone cyangije inyubako

Uburusiya bwashinje Ukraine kugaba urukurikirane rw’ibitero by’indege nto zitarimo umupilote (drone) ku murwa mukuru Moscow mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri. Ni ubwa mbere uwo mujyi wibasiwe na drone nyinshi kuva Uburusiya bwagaba igitero...

Umuyobozi yategetse ko bakamya ikidamu cyose ngo bakuremo telefoni yatayemo...

Umuyobozi mu gihugu cy’Ubuhinde yirukanwe ku kazi nyuma yo gutegeka ko bakamya ikidamu cyose ngo bakuremo telefoni ye yari yaguyemo. Byafashe iminsi itatu kudaha imiliyoni za litiro z’amazi muri iki kidamu, nyuma y’aho uyu mugabo witwa Rajesh...

Amerika igiye gutangaza ibihano bishya ku Burusiya mu nama ya G7

Amerika yizeye ko ibihano byayo bishya ku Burusiya – byitezwe gutangarizwa i Hiroshima mu Buyapani mu nama y’itsinda rya G7 ry’ibihugu bikize cyane ku isi – bituma ibindi bihugu byo muri G7 na byo byongera ibihano byabyo. Amerika ivuga ko ingamba...

IKORANABUHANGA

AMASHUSHO AKUNZWE

UMURIMO

Impamvu nyakuri utazamurwa mu ntera mu kazi

Ufite ubumenyi n’ubuhanga bwose ndetse akazi kawe ugakora neza. Ariko hari uburyo iyo batoranya abajya mu myanya yisumbuye kandi y’ubuyobozi bufata ibyemezo izina ryawe risa n’iryibagirana. Impamvu ishobora kuba itera ibi ni uko hari ikintu cya...

Read all News

Kuki abakozi badashobora na rimwe kunyurwa ngo bahazwe n’imishahara yabo?

N’igihe ibyo umuntu ahemberwa gukora nk’akazi cyangwa umushahara byiyongereye ukaba wanikuba kabiri, ubanza biri muri kamere muntu gushaka gukomeza ibirenzeho kandi ko byakwiyongera, n’ejo akongera akifuza ko byiyongera. Mu mwaka ushize, Samantha...

Hari ubwo byagukura ku mugati: Amagambo udakwiye na rimwe kubwira umukoresha wawe

Mu kazi no mu mirimo itandukanye, twese uko tungana tuba twifuza kumerana neza n’umukoresha wacu no kumvikana na we. Kugira ngo ibi ubigereho, kugira umurongo ufunguye wo kuganira kandi dukoresha ukuri ni ikintu cya ngombwa cyane. Nyamara muri...

Mbere yo gusezera ku kazi, dore ibintu ukwiye kubanza gutekerezaho

Bitewe n’uko ikiremwamuntu gikunda kandi iterambere cyagezeho mu mateka kuva mu binyejana bishize ryagiye riva ku mpinduka, benshi mu bakora imirimo runaka usanga kenshi bafite ibitekerezo n’imigambi yo kureka kuyikora bakajya gukora itandukanye...

École Francophone de Kayove ishuri ryaje nk’igisubizo ku ireme ry’uburezi mu Karere ka Rutsiro

“Niba ufite umugambi w’umwaka umwe, uzahinge umuceri, umugambi wawe niba ari uw’imyaka itanu, uzatere ibiti nyamara nuramuka ufite umugambi wumva ari uw’imyaka 100, uzigishe abana ubahe uburezi.” Ni amagambo ya Confiscus, Umushinwa w’icyatwa muri...

Nkurangire abasore n’inkumi bazagufasha serivisi na porotokole mu birori mu buryo utazibagirwa iteka

Niba warigeze gutegura ibirori nk’ubukwe cyangwa ibindi nk’igitaramo, urabizi uburyo bigora kumenya uko wakira ababyitabira bagataha banyuzwe na serivisi igomba buri wese mu cyubahiro akwiye mu buryo bukozwe kinyamwuga. Ni byo waba ufite...

Jack Ma ’agiye kwigisha muri Kaminuza y’imiyoborere iri mu Rwanda’

African Leadership University (ALU) yatangaje ko umuherwe Jack Ma washinze ikigo cy’ubucuruzi Alibaba Group yagizwe umwalimu w’umushyitsi kuri iyi kaminuza ikorera i Kigali. Urubuga rw’iyi kaminuza rusubiramo uwayishinze, Dr Fred Swaniker, avuga...