Uburyo bwizewe abagore n’abakobwa bakoresha bagaca ukubiri n’ibicece

Muri iki gihe abantu benshi bafite ibibazo by’umubyibuho ukabije, gusa ikibangamira abantu cyane cyane abagore n’abakobwa ni ibicece byo kunda. Gukora imyitozo itandukanye ni byiza kuko bifasha gutakaza ibinure ndetse n’ibiro muri rusange, ariko usanga iyo umuntu umubwiye ngo akore izo bita abdomino bimugora cyane, nyamara nizo zigira akamaro cyane mu gutwika ibinure byo kunda bityo ukagira mu nda wifuza hazira ibicece.

Ibicece ni ibinure by’umurengera cyangwa se ibyo bamwe bita ibinyenyanza bijya ku gice cy’umubiri cy’inda, ugasanga inda y’umuntu iriho ibinure byinshi byagiye byipfunyarika.

Kugira umubyibuho ukabije ku nda bibangamira abashakanye mu gikorwa cyo guhuza urugwiro mu gihe cyo gutera akabariro, hazamo no kuba umugore afite ibicece bikaba ibindi bindi.

Birashoboka cyane ko umuntu ashobora kwirinda umubyibuho ukabije w’inda hadakoreshejwe ubundi buryo bukomeye nka Liposuction (uburyo bukoreshwa kwa muganga mu kugabanya ibinure) bushobora ndetse kuzanira nyiri kubukoresha izindi ngorane zitandukanye ku buzima.

Mu gukuraho burundu ibicece, reka turebe hano ibintu 2 wakoresha:

1. Tummy trimmer

Aka ni agakoresho koroshye mu kugakoresha, kagufasha gukora Abdomino (abdominal exercises), bigatuma ibinure byibitse ku nda bishiraho. Gusa gafasha n’umubiri muri rusange kumererwa neza ndetse n’abantu bababara mu ngingo nko mu maboko, umugongo n’ahandi karabafasha. Gakoreshwa n’abantu bose,y aba abagabo n’abagore. Icyitonderwa: Abagore batwite cyangwa babyaye babazwe batarakira neza, ntibemerewe kugakoresha.

2. Pro slim tea

Iki cyayi ni cyiza cyane, kuko gifasha kugabanya ibinure by’umurengera cyane cyane ibyo ku nda, kandi gituma umubiri wawe utinjiza ibinure byinshi birenze ibyo ukeneye. Gusa abagore batwite n’abonsa, ntibemerewe gukoresha iki cyayi. Twabibutsa ko iki cyayi ari umwimere nta ngaruka kigira ku wagukoresheje.

N’ubwo twibanze ku bagore n’abakobwa ariko, n’abagabo kimwe n’abasore bafite umubyibuho urenze uwo bifuza, bashobora gukoresha ubu buryo bwombi. Uretse abamaze kugira uwo mubyibuho kandi, ubu buryo bwanafasha abashaka ko umubiri wabo uhorana ingano iri mu rugero, bityo ntibazigere babangamirwa n’ibicece cyangwa umubyibuho ukabije muri rusange.

Abantu baba bifuza gufashwa gukoresha ubwo buryo bw’umwimerere, bashobora kugana ivuriro Horaho Life rikorera i Kigali mu nyubako yo kwa Rubangura muri etaji ya 3 ku muryango wa 301 na 302. Ku bindi bisobanuro wabahamagara kuri 0785031649 / 0788698813

IZINDI NKURU
Ibitekerezo(0)
Tanga Igitekerezo