Olive, isabune igufasha kugira uruhu rucyeye

Ifite ibirinda gusaza k’uruhu by’umwimerere

Iyi sabune ya Olive ikize kuri polyphenol na oleic acid, amavuta ya olive ni meza kuko arinda gusaza k’uruhu by’umwihariko kandi akaba aba mur’iyi sabune, atuma uruhu rugumana umwimerere warwo no kurwanya ibimenyetso by’ubusaza. Ikiyongereyeho n’uko bitewe n’aya mavuta ya olive aba mur’iyi sabune, iyo uyikoresheje byongerera uruhu kubona intungamubiri z’ingenzi.

Uko ugenda usaza amavuta yo m’uruhu agenda agabanuka, bikaba byatera gukanyarara kwarwo, ariko iyo ukoresheje iyi sabune ya olive yongera aya mavuta meza ya olive mu ruhu.

Iyi sabune ni nziza ku bwoko bwose bw’uruhu

Isabune ya Olive ni nziza cyane ku bantu bose, kuba ku bana bato kugera ku bashaje. Iyi sabune ya ntago itera allergy mu gihe uyikoresheje. Nubwo yaba umuntu ukunze kugira allergy y’ibindi bintu bitandukanye, iyi sabune ntago itera allergy.

Ibigize iyi sabune ni umwimerere kandi bifasha uruhu:

  Ifasha uruhu kugumana ubuhehere.
  Ifasha kugabanya iminkanyari.
  Ifasha kurinda indwara zikunze kwibasira uruhu nka psoriasis, eczema, na acne.
  Ifasha kugabanya inkovu.
  Ifasha uruhu gukomeza gukura neza.
  Itanga intungamubiri zihagije k’uruhu, bityo bikarutera kuguma rucyeye.
  Iyi sabune kandi ni umuti mwiza kuko ifasha abantu bagize ikibazo cyo kubaburwa n’izuba.

Isabune ya olive ibungabunga ubuzima bw’uruhu

Iyi sabune ikize kuri antioxidants, n’amavuta ya olive bitanga umusanzu mu guha ubuzima bwiza uruhu, kuko bikura imyanda mu ruhu izwi nka free radicals ijya igira uruhare mu gutera indwara nka kanseri.

Oxidation iba igihe free radical ziri kangiza umubiri. Rero biba byiza mu buryo bwo gukuraho iki kibazo hakoreshejwe iyi sabune ya Olive. Antioxidants iba mur’iyi sabune zifasha mu kurwanya free radicals, bityo bikanagabanya oxidation, zifasha umubiri wacu gukora protein z’ingenzi no gutuma uruhu ruhorana umucyo, rufite ubuzima bwiza no kuba ntaduheri turi k’uruhu.

Iyi sabune ikize kuri Vitamins

Iyi sabune n’inkomoko kamere y’ama vitamins y’ingenzi. Isabune ya olive ifite intungamubiri z’uruhu zifasha uruhu kumera neza no kugaragara neza. Ikize kuri vitamin A ba E, amavuta ya olive aba mur’iyi sabune bifasha ubwirinzi bw’umubiri kuzamuka. Ibyo bigafasha kwiyonge k’ubwiza bw’uruhu muburyo bugaragara.

Aho wabona ubufasha bw’uko wakwita k’uruhu rwawe ndetse naho wabona OLIVE SOAP yagufasha kurwanya ibyo bibazo bikunze kwibasira uruhu, no mu mibereho yawe myiza, ni muri HORAHO Life.Bagufitiye OLIVE SOAP yaje nk’igisubizo cy’ibyo bibazo, yabafasha kongera kugira uruhu rwiza.

Uramutse ukeneye iyo sabune ya OLIVE wagana aho HORAHO Life ikorera mu mujyi wa Kigali, mu nyubako yo kwa RUBANGURA, muri etaje ya 3 mu muryango wa 302 na 301.

Ushobora no kubahamagara kuri numero 0785031649 / 0788698813 ku bindi bisobanuro. Wanasura urubuga rwabo arirwo www.horahoclinic.rw.

IZINDI NKURU
Ibitekerezo(0)
Tanga Igitekerezo