Muri Konka, ’Promotion’ y’iminsi mikuru iri kugera kuri 50 %

Mu rwego rwo kwifatanya n’abakiriya bayo muri iyi minsi mikuru isoza umwaka, Konka Group yagabanyije ibiciro kuva ku 10% kugera kuri 50 % ku bicuruzwa byayo.

Mu minsi mikuru isoza umwaka abantu baba bakeneye impano zinyuranye zo gutanga, kugura ibikoresho binyuranye byo gukoresha mu rugo ariko bakaba banifuza kubihahira ahantu baborohereza mu biciro.

Mu rwego rwo guha umwaka mushya abakiriya bayo, Konka Group yashyizeho ’Promotion’ ku bicuruzwa byayo iri hagati ya 10% na 50 % bitewe n’ibikoresho umukiriya ashaka.

Mu maduka ya Konka uhasanga ibikoresho by’ikoranabuhanga n’ibyo mu ngo bigezweho, byizewe kandi bidatwara umuriro mwinshi.

Muri ibi bikoresho harimo firigo ‘Fridge Guard’ na televiziyo ‘TV Guard’, imashini zimesa imyenda, izifite kg 8 na kg 12, ibyuma byo muri saloon byumutsa imisatsi, ‘Hair Driers’, utwuma tubasha kugutekera umuceri utavunitse bita ‘Rice Cooker’, mudasobwa ngendanwa ‘Laptops’ nziza, telephone za Smart Phones .

Hari kandi ibyuma bitanga ubushyuhe cyangwa ubukonje ‘Air conditioners’, Kettles, cuisinieres zijyanye n’igihe, utwuma tw’amazi tuzwi nka ‘Water Dispenser’ na za kizimyamwoto.

Ibi bikoresho byose bikoranye ikoranabuhanga rituma bikoresha umuriro muke mu buryo bwose bushoboka . Akarusho ni uko KONKA iguha garanti (Warrant) y’amezi 14.

Hano mu Rwanda KONKA Group Company wayisanga mu mujyi wa Kigali Rwagati mu nzu ya KCT no ku muhanda ugana ku bitaro bya CHUK imbere gato ya KCB Bank cyangwa ku isoko rishya rya Nyarugenge. Ushobora kuyisanga ku cyicaro cyayo kuri T2000 nshya imbere yo ku nyubako yo kwa Ndamage ku muhanda ugana muri gare, ndetse n’irindi riri ku muhanda ugana kuri Sulfo ukabasha kugerwaho n’iri gabanuka.

Ukeneye ibindi bisobanuro bigendanye n’iyi promosiyo wabahamagara kuri nimero ya telefoni ngendanwa 0788547212.

IZINDI NKURU
Ibitekerezo(0)
Tanga Igitekerezo