Monaco Cosmetics, iduka kabuhariwe mu gucuruza amavuta yo kwisiga ndetse n’ibirungo by’ubwiza by’umwimerere rikomeje kugeza ku banyarwanda amavuta meza aberanye na buri wese bitewe n’umubiri we kandi adafite ingaruka ku mubiri.
Muri Monaco Cosmetics uhasanga amavuta y’amako menshi cyane cyane amavuta yo kwisiga n’ibijyanye nayo akoreshwa n’ abakobwa ndetse n’abagore , ibirungo by’ubwiza (Makeup/ maquillage) byihariye kandi bitangiza uruhu.
Uhasanga kandi amavuta na Make up byo mu bwoko bwa ’More up. Ni amavuta ndetse n’amavuta abagore bazajya bakoresha mu mutekano wose kuko zitazajya zibangiriza uruhu kuko zifite umwihariko wo kuba zikoze mu mbuto z’umwimerere.
Kuri ubu kandi muri Monaco Cosmetics uhasanga ’Doal Foot Care Cream’ avura ibimeme, avura abantu bishimagura nyuma yo gukuramo inkweto, akiza impumuro mbi mu birenge, n’ubundi burwayi bukunda gufata mu birenge.
Monaco Cosmetics iherereye mu mujyi wa Kigali rwagati mu nyubako ya Grand Pansion Plaza muri etage ya mbere. Grand Pansion Plaza iherereye imbere ya Simba Super Market imbere ya La Bonne addresse House.
Ukeneye ibindi bisobanuro wahamagara kuri 0785207858 cyangwa kuri 0782756606 bakaguha ibisobanuro birambuye.
Ibicuruzwa bya ‘More up’ birimo amako menshi
Muri Monaco Cosmetics unahasanga amavuta ’Doal Foot Care Cream’ avura ibimeme
mugabe Samuel
Murakoze kuduha amavuta meza ariko se uyashaka yabasangahe murakoze
Twibanire Aline
Ntuye Muri Australia nashakaga ko Muzaza Munyohereza amavuta
MUGENI Betty
mbanje kubashimira kubwo kudufasha kwiyitaho ntuye inyamata mubugesera umuntu yabasanga he ashaka amavuta