Andi mafoto: Espoir 0 - 1 APR FC

APR FC yatsinze Espoir 1-0 biyihesha gukomeza kuyobora urutonde rw’agateganyo rwa Shampiyona.

Wari umukino w’umunsi wa 14 wa Shampiyona, Azam Rwanda Premier League. APR FC niyo yari yasuye Espoir i Rusizi ku wa Gatanu tariki 11 Mutarama 2019.

Urutonde rw’agateganyo nyuma y’umunsi wa 14

Aya ni andi mafoto yaranze uyu mukino:

Abagize Online bari baherekeje APR FC i Rusizi

Abafana ba Espoir FC nabo bari baje kureba ko hari amanota ikipe yabo yakura kuri APR FC mu rugo

Zone 1 nayo yari yabukereye

Rwabuhungu Dan , Perezida wa Zone 1

Gen. Mubarak, Visi Perezida wa APR FC yarebye uyu mukino

Igitego cya Imran nicyo cyahesheje APR FC amanota 3

Okoko ufite umusaruro mubi ushobora gutuma yirukanwa muri iyi kipe

Iranzi Jean Claude winjiye asimbuye Sugira Erneste

Ntiwari umukino woroshye

Papa Balotelli, umufana ukomeye wa APR FC

Rujugiro Jacques

Sugira Erneste yagaragaje ko amaze kongera gusubira mu bihe bye

Uhagarariye Fan Club ya Huye

Umuyobozi wa Azam TV Rwanda

Visi Perezida wa FERWAFA, Matiku Marcel wigeze kuba umuyobozi wa Espoir FC na we yakurikiye uyu mukino

Umukino urangiye, abafana n’abatoza bishimiye amanota 3 bakuye i Rusizi

Inkuru bijyanye :

APR FC yatsinze Espoir FC ikomeza kuyobora urutonde - AMAFOTO

PHOTO:Hardi Uwihanganye

IZINDI NKURU
Ibitekerezo(4)
  • mukagatare

    apr ndakwanga ..... nawe nushake unyange puuuuuuuu.

    - 14/01/2019 - 17:10
  • mukagatare

    apr ndakwanga ..... nawe nushake unyange puuuuuuuu.

    - 14/01/2019 - 17:11
  • mukagatare

    apr ndakwanga ..... nawe nushake unyange puuuuuuuu.

    - 14/01/2019 - 17:11
  • gikundiro

    Ndashima cyane ubupfura Rwandamagazine yakoresheje ivuga uko Apr Fc yegukanye amanota atatu, itiriwe itinda k’uburyo iyo ntsinzi yabonetse ! Ariko ama photo yo ntahisha uko ibintu byari byifashe ! N’iyo mwerekana abatoza ngo bishimira intsinzi batamwenyura ; biragaragarira buri wese ko bari bameze nk’abiruhutsa, bati ; urw’uyu munsi turarusimbutse ! Kuva Team bayishinga Jimmy Umulisa ; nta kintu kibabaza nko guhora ubona horrific expression, ihora mu maso ya bamwe mu bayobozi ba Apr Fc !

    Ariko se ibyo byo kurwaza imitima y’abayobozi n’aba fans babo, si bo bituruka ho ? Ubundi se, Doctor Petrovic wamusimbuza umuntu udafite na skils, qualifications zo kwigisha Preschool, ukibwira ko har’icyo yabageza ho ? Bikaba ngombwa ko buri match uwo muswa atoje, bagomba kuvugana n’abasifuzi cyangwa se abakinyi ba Opposing Team !? N’aho Apr Fc igeze koko ??? Ubwo Apr Fc yabuze koko umutoza ubi shoboye, akizanira n’aba mwungirije : bitabaye ngombwa ko yakorana n’izo cancer zamunze Apr Fc ?

    Nta rukundo mfitiye Apr Fc ; ariko birazwi ko iyo Apr Fc iyobowe nabi, yica Rwanda Football ! Umupira Nyarwanda ubigwa mo !!! Apr Fc uko iyobowe ubu, n’abatoza ifite ubu, reasonably Apr Fc ntabwo ishobora kuza mu ma Teams ane yambere y’iyi Championship 2018-2019 !!! Ariko ntibizabatangaze ni mubona bacyegukanye ! Bibaye ngombwa bagasenya amwe mu ma Team abar’imbere ! Wait and See !!!

    - 14/01/2019 - 17:46
Tanga Igitekerezo