MIFOTRA yatangaje umunsi w’ikiruhuko kuri uyu wa Gatanu

Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo, Rwanyindo Kayirangwa Fanfan

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yatangaje ko kuri uyu wa gatanu tariki ya 05 Nyakanga 2019 ari umunsi w’ikiruhuko rusange mu rwego rwo gukomeza kwizihiza umunsi wo kwibohora.

MIFOTRA yatangaje icyo kiruhuko ibinyujije kuri Twitter, isobanura ko hashingiwe ku cyemezo cya Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.

IZINDI NKURU
Ibitekerezo(0)
Tanga Igitekerezo